U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare muri Afurika
U Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika (ACoC), izabera i Kigali kuva ku itariki […]
U Rwanda ruri mu myiteguro yo kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika (ACoC), izabera i Kigali kuva ku itariki […]
Hashize imyaka itatu abaturage 117 bimuwe mu midugudu ya Kagarama na Buhembe nyuma y’uko aho bari batuye hahungabanyijwe n’ibiza byateye itenguka ry’ubutaka ritunguranye. Aba baturage […]
Mu gihe Isi yose ikomeje guhangana n’ingaruka z’iyangirika ry’ibidukikije hitabwa ku bimera by’umwimerere n’ubuhinzi bubungabunga ibidukikije, muri uru rugendo Ikirezi Natural Products imaze imyaka 20 […]
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko Umuryango w’Abenebikira ukwiye kugirwa Abarinzi b’Igihango kubera uruhare rwawo rudasanzwe mu kunga ubumwe no […]
Papa Leo XIV yasabye ko habaho “gutekereza cyane” ku buryo abimukira bafashwemo muri Amerika, aho yavuze ko abantu benshi bagizweho ingaruka cyane na gahunda yateje […]
Bamwe mu rubyiruko rukora imirimo itandukanye rurimo abafotora, abacuruzi, abakora ibijyanye n’ubwiza ndetse n’abandi bafite ibikorwa by’ubucuruzi bitandukanye, bari mu mahugurwa agamije kubafasha kunoza no […]
Guverinoma y’u Rwanda irimo gushaka nibura miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika (angana na miliyari zisaga 432 Frw) kugira ngo ishyireho iminara mishya ya telefoni ngendanwa, […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruratangaza ko mu myaka itatu ishize, ibikoresho n’ibiribwa bigenewe ibigo by’amashuri bifite agaciro kari hejuru ya miliyoni 190,7 Frw byanyerejwe, bigizwemo […]
Madamu Jeannette Kagame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Unity Club Intwararumuri, yasabye Abanyarwanda gukomeza kwimakaza Ihame ntakukuka ry’Ubunyarwanda, abibutsa ko gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yababereye icyomoro […]
Imvururu zikomeje muri Tanzaniya zirimo kubangamira ubwikorezi bw’ibicuruzwa biza mu Rwanda, aho abatwara amakamyo n’abakora mu rwego rwo gutwara ibicuruzwa bavuga ko hari ikibazo cy’itumanaho, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS