Intama ziriyongera, Abashumba bakagabanuka
Ibiro ntaramakuru bya Leta ya Vatikani, Fides, biherutse gushyira ahagaragara ishusho rusange ya Kiliziya Gatolika hirya no hino ku isi aho imibare y’abayoboke yiyongereyeho miliyoni […]
Ibiro ntaramakuru bya Leta ya Vatikani, Fides, biherutse gushyira ahagaragara ishusho rusange ya Kiliziya Gatolika hirya no hino ku isi aho imibare y’abayoboke yiyongereyeho miliyoni […]
Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma, mu Karere ka Huye, barishimira umushinga SPARK MicroGrants bavuga ko wabahinduriye imibereho, ukabafasha kwivana mu bukene no gutangira inzira […]
Kuwa 14 Ukwakira, 2025, Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa byo kunoza serivisi za Leta ku baturage, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana yatangaje […]
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Rwanda byazamutseho 7,3% muri Nzeri 2025 ugereranyije na Nzeri 2024. Iri zamuka ryiyongereye ugereranyije n’ukwezi […]
Urubyiruko rutandukanye rwo mu murenge wa Mubuga, mu karere ka Karongi, ruvuga ko rwishimira iterambere rumaze kugeraho rubikesha akazi rukora kajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bakorera […]
Mu Murenge wa Mubuga, Akarere ka Karongi, abaturage barashima intambwe imaze guterwa mu gucunga umutekano nyuma y’uko hatangijwe irondo ry’umwuga. Bavuga ko iri rondo ryahinduye […]
Bamwe mu baturage batuye hafi y’icyanya cy’inganda cya Muhanga, giherereye mu murenge wa Nyamabuye, baravuga ko bakomeje kubaho mu buzima bubagoye bitewe n’uko batarishyurwa ingurane […]
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mubuga mu Karere ka Karongi, bavuga ko akagoroba k’ababyeyi katakibaho nyamara karabafashaga gukemura amwe mu makibirane yaberaga mu […]
Abaturage batuye n’abakorera mu mujyi wa Muhanga, by’umwihariko ahazwi nko mu Rutenga mu Kagari ka Gahogo, mu Murenge wa Nyamabuye, mu Karere ka Muhanga, baratabaza […]
Urukiko Rukuru rwa Afurika y’Epfo rwafashe umwanzuro w’uko ababyeyi bose b’umwana wavutse bagomba guhabwa ikiruhuko cyo kubyara kingana, bidashingiye ku kuba ari umugabo cyangwa umugore […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS