Akarwa k’Abakobwa: Amateka y’ihohoterwa ry’umwana w’umukobwa mu Rwanda
Ugeze ku biro by’akarere ka Nyamasheke ahitwa ku Kabeza werekeza mu Mataba, ku kigo cy’amashuri kitwa Sainte Famille Nyamasheke, umanutse gato muri metero magana atanu […]
Ugeze ku biro by’akarere ka Nyamasheke ahitwa ku Kabeza werekeza mu Mataba, ku kigo cy’amashuri kitwa Sainte Famille Nyamasheke, umanutse gato muri metero magana atanu […]
Abaturage bo mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo barasabwa gukoresha neza icyumba mpahabwenge (Service Access Point) bahawe, mu rwego rwo kongera ubushobozi bwabo […]
Tariki ya 1 Ukwakira 2025, mu murenge wa Kigina, Akarere ka Kirehe, hatangijwe ku mugaragaro ukwezi kwahariwe Ubumwe n’Ubudaheranwa bw’Abanyarwanda, hibandwa ku bikorwa bigamije guteza […]
Kenshi na kenshi, abantu bibaza impamvu abana bo ku muhanda bakomeje kwiyongera. Bamwe bakanibaza ikibatera kujya muri ubwo buzima mu gihe bamwe baba bafite ababyeyi […]
Buri uko bwije n’uko bukeye, umujyi wa Muhanga uherereye mu Ntara y’Amajyepfo, ugenda urushaho guhinduka. Icyakora haracyagaragara inyubako zitajyanye n’igihe ku buryo bigaragaza isura mbi, […]
Abaturage bo mu mirenge ya Kigembe na Kansi mu karere ka Gisagara barasaba ko ikiraro cya Gatovu-Gikore gihuza imirenge ya Kigembe na Kansi cyakorwa vuba, […]
Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Kigembe na Kansi yo mu Karere ka Gisagara, baratabaza basaba ko umuhanda Gatovu–Gikore uhuza iyo mirenge wasanwa, nyuma […]
Abayobozi n’abanyeshuri bamwe mu mashuri yo mu Karere ka Gasabo bavuga ko bishimiye uburyo bushya bwo kugaburira abanyeshuri, aho amafunguro ategurirwa ahantu hihariye hatari ku […]
Bamwe mu batuye mu Karere ka Gisagara, by’umwihariko mu Murenge wa Kigembe, baragaragaza ko batishimiye imiyoboro y’amazi bubakiwe ariko ikaba idakora, cyane ko bavuga ko […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifite gahunda yo gushora agera kuri miliyari imwe y’amadolari y’Amerika mu kongera ingufu z’amashanyarazi kugira ngo abashe guhaza isoko. Ibi […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS