Ruhango: Barishimira ibyo bamaze kugeraho nyuma yo gukorana na Azizi Life
Bamwe mubatuye mu Karere ka Ruhango bakora ububoshyi, ubuvumvu, ubugeni n’ubukorikori barishimira urwego bamaze kugeraho mu kunoza no gukora ibikorwa byabo kuva aho batangiriye gukorana […]
