• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Rulindo&Gicumbi: Hatangijwe Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’

January 11, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2024, Abayobozi b’Uturere twa Gicumbi na Rulindo batangije ku mugaragaro Irushanwa ‘Umurenge Kagame Cup 2024-2025’. Rulindo Mu […]

Ibyo wamenya ku miterere y’akazi k’ejo hazaza

January 11, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo nshya ya World Economic Forum igaragaza ko muri iki kinyacumi hazahangwa imirimo mishya igera kuri miliyoni 170. Ibi ngo bizaterwa n’imihindagurikire y’ubukungu n’imikorere rusange. […]

Trump arateganya guhura na Putin

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]

USA : Inkongi y’umuriro ikomeje guhitana abantu i Los Angeles

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]

2024: Umwaka waciye agahigo ko kurenza ubushyuhe bwa 1.5ºC

January 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]

Perezida Kagame yashyize umucyo ku kibazo cy’abatinda guhabwa ingurane

January 10, 2025 Dushimimana Innocent 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko bidakwiye ko hari abaturage bimurwa mu buryo butanyuze mu mucyo ku buryo hari n’abariganywa imitungo yabo. […]

Perezida Kagame yagaragaje ko kwishyurana mu madorali bidakwiye

January 9, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Kane taraki ya 9 Mutarama 2025, Perezida Paul Kagame yavuze ku kwishyura no kwishyurwa mu mafaranga y’amanyamahanga bihanwa n’amategeko, […]

Umwanya Elon Musk yaba ahagazeho mu bakire batunze amakipe aramutse aguze Liverpool

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Errol Musk, se w’umugabo ukize kurusha abandi ku isi, aherutse kuvuga ko umuhungu we yifuza kugura ikipe ya Liverpool. Icyakora, ba nyir’iyi ikipe ‘Fenway Sports […]

U Budage n’u Bufaransa byaburiye Trump ushaka kwigarurira ibihugu birimo Canada

January 9, 2025 Philbert Mbonigaba 0

U budage n’u Bufaransa byihanangirije Donald Trump kwirinda kugerageza “kwigarurira Greenland ku ngufu” nyuma y’aho Perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuze ko […]

Amerika irashinja umutwe wa RSF gukora Jenoside muri Sudani

January 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umutwe w’itwara gisirikare wa RSF urashinjwa gukora ibikorwa by’urugomo no kwica abantu hashingiwe ku moko yabo, ndetse no gukora ihohoterwa rikomeye ku bagore n’abana Ibi […]

Posts pagination

« 1 … 94 95 96 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

  • Gutinya gukora ngo udakora ikosa, na byo ni ikosa – Perezida Kagame abwira abayobozi ba Afurika

    Perezida Paul Kagame yavuze ko imwe mu mbogamizi zituma Afurika itagera ku ntego zayo ari umuco wo gutinda gushyira mu bikorwa ibyemezo byafashwe, aho ibintu […]

  • Afurika ifite byose ikeneye kugira ngo itere imbere – Perezida Kagame

    Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu, umutungo kamere n’amateka akwiye kuba yarayigishije amasomo ahagije, ariko ko hakiri ikibazo cy’imyumvire n’imikorere bituma uyu mugabane […]

  • Trump yategetse ko amabendera yururutswa mu guha icyubahiro Dolly Parton witabye Imana

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yategetse ko amabendera y’icyo gihugu yururutswa kugeza mu cya kabiri mu gihe cy’icyumweru uhereye ku munsi […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS