• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Trump yavuze ko azavugana na Putin ku wa Kabiri ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ateganya kuvugana na mugenzi we w’Uburusiya Vladimir Putin ku wa Kabiri kugira ngo baganire […]

Weekend y’imikino: APR BBC yasoje imikino ibanza ku mwanya wa mbere

March 17, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’ingabo z’igihugu mu mukino w’intoki wa Basketball (APR BBC) yasoje imikino ibanza ya Shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Patriots BBC […]

Ibitero bya Amerika muri Yemen byishe abantu 53

March 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umutwe w’inyeshyamba zaba-Houthi zo muri Yemeni zavuze ko ibitero bishya bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byahitanye abantu bagera kuri 53, barimo abana batanu. Izi […]

Papa yavuze ko ari “guhura n’igihe k’ikigeragezo,” kandi umubiri we “ucitse intege.”

March 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Mu butumwa bwaturutse mu bitaro umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Fransisiko arwariyemo kuri iki cyumweru, yemeje ko afite intege nke kandi ari “mu […]

Abahagarariye ‘Fojo Media Institute’ basuye ICK mu rwego rwo gushimangira ubufatanye

March 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025, Abahagarariye kaminuza ya Fojo Media Institute yo muri Suede basuye Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi mu rwego […]

U Rwanda rwakiriye Inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari muri Afurika

March 14, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuva kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14, u Rwanda rwakiriye inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari n’Abahanga mu bushabitsi muri Afrika (Africa Business Heroes (ABH)). […]

U Burusiya ntibukozwa iby’agahenge mu ntambara buhanganyemo na Ukraine

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]

Loni irashinja Isiraheli gukora ibikorwa bya Jenoside muri Gaza

March 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]

Papa Fransisiko yujuje imyaka 12 ari Umushumba wa Kiliziya Gatolika

March 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abakirisitu Gatolika ku Isi hose bifatanyije na Papa Fransisiko wujuje isabukuru y’imyaka 12 ishize Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Abakristu […]

Sinzaganira nawe, ‘kora icyo ushaka’-Perezida wa Iran abwira Trump

March 12, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]

Posts pagination

« 1 … 79 80 81 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS