• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Ni umunsi utazibagirana: Imyaka itanu irashize Abanyarwanda bamenye ‘Guma mu Rugo’

March 21, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Tariki 21 Werurwe 2020-tariki ya 21 Werurwe 2025, imyaka 5 iruzuye neza Abanyarwanda bamenye icyitwa ‘Guma mu Rugo’ bashyizwemo n’icyorezo cya Covid 19 nk’imwe mu […]

Kwibohora31: Menya ibikorwa Ingabo na Polisi bagiye gufasha abaturage mu iterambere n’imibereho

March 20, 2025 IRATUZI Bardine 0

Mu ntangiro y’iki cyumweru, Ingabo na Polisi by’u Rwanda (RDF&RNP) ku bufatanye n’izindi nzego batangije ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu […]

Trump arifuza ko Amerika yacunga ibigo bitanga ingufu muri Ukraine

March 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nyuma y’ibyumweru bashyamiraniye muri White House, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, bavuze ko bagiranye ikiganiro kuri […]

Amadosiye ku iyicwa ry’uwahoze ari Perezida wa Amerika yashyizwe ahagaragara

March 19, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leza zunze ubumwe za Amerika bwasohoye amadosiye ibihumbi y’inyandiko za leta zijyanye n’iyicwa […]

Rulindo: 12,000 bagiye kuva mu mwijima

March 19, 2025 Ishimwe Honore 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo bwatangije umushinga mushya wo gukwirakwiza umuriro w’amashyanyarazi ku baturage basaga ibihumbi cumi na bibiri. Igikorwa cyo gutangiza uyu mushinga cyabereye mu […]

Abashakashatsi ba NASA bagarutse ku Isi nyuma y’amezi 9 baraheze mu Isanzure

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashakashatsi ba NASA, Butch Wilmore na Suni Williams, bagarutse ku Isi amahoro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Werurwe 2025, nyuma y’amezi icyenda bari […]

Perezida Putin yemereye Trump agahenge katuzuye

March 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Vladimir Putin yanze guhagarika intambara mu buryo bwihuse kandi bwuzuye muri Ukraine, yemera gusa guhagarika ibitero ku bikorwa remezo bitanga ingufu bya Ukraine nyuma […]

OMS iratabariza ibihugu bishobora kubura imiti ya SIDA nyuma yihagarikwa rya USAID

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa mbere, tariki ya 17 Werurwe, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko icyemezo cy’ubutegetsi bwa Trump cyo guhagarika imfashanyo z’amahanga “cyahagaritse […]

Abarenga 400 bapfiriye mu bitero bikomeye bya Israel muri Gaza

March 18, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’ubuzima iyoborwa na Hamas yavuze ko nibura abantu 400 bamaze gupfa nyuma y’ibitero bikomeye by’indege za Israel muri Gaza mu ijoro ryo ku wa […]

Hatangijwe ihuriro ry’abarimu b’itangazamakuru mu Rwanda

March 17, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025 mu karere ka Muhanga, abarimu ba kaminuza zigisha itangazamakuru mu Rwanda batangije Ihuriro ‘Rwanda Journalism Educators Network […]

Posts pagination

« 1 … 78 79 80 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS