• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Perezida Kagame yakiriye indahiro za Guverinoma nshya

July 25, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga, ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro za […]

Menya Habimana Dominique wagizwe Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu (Minaloc)

July 25, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku wa Kane, tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu […]

Muhanga: Inyubako y’Ubucuruzi yo “Kwa Jacque” Yafunzwe by’Agateganyo Kubera Isuku Nke

July 24, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2025, Akarere ka Muhanga kafunze by’agateganyo inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mujyi wa Muhanga, ahazwi cyane nko “Kwa Jacque”. […]

U Burusiya: Indege yari itwaye abantu 49 yakoze impanuka

July 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amakuru y’ibanze avuga ko nta muntu ntumwe warokotse impanuka y’indege itwara abagenzi yo mu Burusiya yari itwaye 49 ubwo yahanukaga mu kirere cyo mu burasirazuba […]

Ni ryari hazashyirwaho Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe mushya?

July 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishyirwaho rya Dr. Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’intebe mushya na Perezida Paul Kagame, ku wa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga, ryitezweho gutuma hashyirwaho guverinoma nshya, […]

Ubwongereza Bwagabanyije Inkunga bwageneraga ibihugu by’amahanga

July 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Leta y’u Bwongereza yashyize ahagaragara gahunda ikubiyemo ingamba nshya ku bihugu by’amahanga by’umwihariko umugabane w’Afurika. Izo ngamba zirimo kugabanya inkunga mu burezi bw’abana ndetse n’ubuzima […]

OMS yamaganye ibitero bya Israel ku bigo byayo muri Gaza

July 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rivuga ko igitero cya gisirikare cya Israel rwa gati muri Gaza cyabangamiye ibikorwa byabo byo gukomeza gutanga ubufasha, […]

U Bushinwa bwatangiye kubaka urugomero runini kw’Isi, bitera impungenge u Buhinde

July 22, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta y’u Bushinwa yatangiye kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzaba ari urwa mbere runini kw’isi mu ntara ya Tibet, umushinga wateje impugenge ku Buhinde na Bangladesh. Ibinyamakuru […]

NISR: Umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo wagabanutseho 8% mu gihembwe cya mbere cy’ihinga cya 2025

July 22, 2025 Muvunankiko Valens 0

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu gihembwe cya mbere cy’ihinga cya 2025, umusaruro w’ubuhinzi mu Rwanda wagabanutse ugereranyije n’igihe nk’iki mu 2024. NISR, […]

Bangladesh: Impanuka yatewe n’indege ya gisirikare yahitanye 19, abandi 164 barakomereka

July 21, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa mbere, impanuka yatewe n’indege ihugura abapilote mu gisirakare cya Bangladesh ubwo yari iri mu myitozo yahitanye abasaga 19, abandi 164 barakomereka. Ibi […]

Posts pagination

« 1 … 64 65 66 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS