• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

U Bushinwa: Imvura nyinshi imaze guhitana abantu 30 mu murwa mukuru Beijing

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Igitangazamakuru cya Leta y’u Bushinwa, Xinhua cyatangaje ko abantu 30 bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi n’imyuzure byibasiye umurwa mukuru w’icyo gihugu cyo muri Asia, Beijing. Ibyo […]

Amerika: Bane barimo n’umupolisi barasiwe i New York bahasiga ubuzima

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo wari witwaje intwaro ya rutura waturutse i Las Vegas yinjiye mu nyubako ndende iri rwagati mu mujyi wa New York, arasa abantu bane barapfa, […]

Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo

July 28, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa 27 Nyakanga, Pariki ya Nyandungu yahawe igihembo cya ‘Star Wetland Centre Award’, nka kimwe mu bishanga 16 bya mbere ku isi bibungabunga ibidukikije […]

Nubwo yagaragaje ubushake bwo kugabanya umwuka mubi, Koreya y’Epfo  iracyari “umwanzi” wa Koreya ya Ruguru — Kim Yo Jong

July 28, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, Kim Yo Jong, mushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, yatangaje ko Koreya y’Epfo igikomeje gufatwa nk’umwanzi wa […]

Google yemeye ko yananiwe gutanga amakuru ku gihe y’umutingito wibasiye Turikiya mu 2023

July 28, 2025 Kwihangana Joshua 0

Sosiyete ya Google yemeye ko sisitemu yayo yo gutanga impuruza ku makuru y’umutingito (Android Earthquake Alerts) yananiwe kuyatangira ku gihe ubwo habaga umutingito ukomeye mu […]

Abiga mu biruhuko muri ICK bishimiye  guhurira mu mikino ya gicuti

July 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku gicamunsi cyo ku wa Gatandatu tariki ya 26 Nyakanga 2025, abanyeshuri biga mu biruhuko mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bahuriye mu bikorwa […]

Kamonyi: Ababyeyi barashima akamaro k’inyunganiramirire ku bana babo

July 26, 2025 Muvunankiko Valens 0

Inyunganiramirire nka Shisha Kibondo, benshi bita rutufu (Ready to Use Therapeutic Food), n’ibinyobwa bifite imyunyu ngugu bikomeje kugabanya ikibazo cy’igwingira ryakunze kugaragara mu bana. Iradukunda […]

Ngoma-Remera: Abaturage barasaba guhabwa umuriro w’amashanyarazi

July 26, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abaturiye urugabano rw’uturere twa Ngoma na Kayonza cyane cyane abo mu Murenge wa Remera, Akagari ka Bugera, muri Kabeza, barasaba guhabwa umuriro w’amashanyarazi na bo […]

Abayobozi bashya batangiye inshingano baragijwe

July 25, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku mugoroba wo Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, mu biro bya Minisitiri w’intebe, habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’abayobozi bashya […]

Abize muri ICK basabye abanyeshuri kugira intego no kurangwa n’ubunyangamugayo

July 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Bamwe mu bize mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) mu myaka yatambutse, basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri guharanira kugira intego mu myigire […]

Posts pagination

« 1 … 63 64 65 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS