• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Element Eleeeh ahataniye ibihembo bitatu muri Iconic Awards 2025

October 17, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzi akaba n’umwe mu batunganaya umuziki mu Rwanda, Element Eleeeh, ari mu bahataniye Iconic Awards 2025, bimwe mu bihembo bikomeye bigenerwa abanyamuziki n’abahutunganya ku rwego […]

Kaminuza y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 9,500

October 17, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Kuri uyu wa Gatanu, Kaminuza y’u Rwanda (UR) yashyize ku isoko ry’umurimo abarangije amasomo yabo bagera ku 9,529 barimo 36 bahawe impamyabumenyi z’ikirenga (PhD), mu […]

U Bwongereza bwemeje umuti uterwa umuntu ukamurinda kwandura SIDA

October 17, 2025 ICK News 0

Ku nshuro ya mbere, Ubwongereza n’agace ka Wales bigiye gutangira gukoresha ku mugaragaro umuti uterwa inshuro nke mu mwaka ugamije kurinda abantu kwandura virusi itera […]

Kenya: Abantu batatu bapfiriye muri stade mu muhango wo gusezera kuri Raila Odinga

October 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abantu batatu bapfiriye muri stade ya Kasarani, mu murwa mukuru wa Kenya, ubwo bari bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma kuri Raila Odinga wahoze ari […]

Kim Kardashian yahakanye ibyo kwima Kanye West uburenganzira ku bana babo

October 16, 2025 Kabano Patrick 0

Umunyamideli w’Umunyamerika Kim Kardashian yahakanye ibivugwa ku mbuga nkoranyambaga bimushinja kubuza Kanye West guhura n’abana babyaranye, avuga ko ibyo ari ibihuha bidafite ishingiro. Ibi yavbivugiye […]

Muhanga: Umusore yagwiriwe n’urukuta rw’inzu ahita apfa

October 15, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Umusore witwa Iradukunda Eric, w’imyaka 24 y’amavuko ukomoka mu Murenge wa Muhanga, yitabye Imana nyuma yo kugwirwa n’urukuta rw’inzu rwarimo gusenywa, mu gihe abandi bantu […]

U Rwanda rugiye gutangira gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga

October 15, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu minsi iri imbere u Rwanda ruzatangiza gahunda nshya yo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga, igamije kunoza serivisi z’irangamimerere no koroshya uburyo […]

Leta y’u Rwanda yagabanyije amafaranga yishyurwaga mu gupimisha ubutaka

October 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa 14 Ukwakira, 2025, Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ibikorwa byo kunoza serivisi za Leta ku baturage, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dominique Habimana yatangaje […]

No Image

Kenya: Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe yitabye Imana

October 15, 2025 ICK News 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo humvikanye urupfu rw’umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe imyaka itanu.Amakuru yasohowe n’ibitaro bya Sreedhareeyam […]

Taylor Swift yanditse amateka yo kugurisha kopi nyinshi za album shya mu cyumweru

October 14, 2025 Kabano Patrick 0

Umuhanzikazi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Taylor Swift, yongeye kwigaragaza nk’umwe mu bahanzi bafite ingufu n’ijambo rikomeye mu ruhando rw’umuziki w’isi, nyuma yo gushyira hanze album […]

Posts pagination

« 1 … 44 45 46 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS