• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: September 2025

Tanzania: Inzuki zahagaritse umukino mpuzamahanga

September 4, 2025 Manishimwe Janvier 0

Umukino wa gicuti wahuzaga City FC Abuja yo muri Nigeria na JKU FC yo muri Zanzibar, wahagaritswe by’agateganyo ubwo inzuki zinjiye mu kibuga cya Kwaraa […]

Portugal: Abantu 15 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka igendera ku migozi

September 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abantu 15 bapfuye naho abandi 18 barakomereka ku wa Gatatu, ubwo imodoka igendera ku mugozi ya ‘Gloria funicular cable car’, izwi cyane ku bakerarugendo kandi […]

Mu Rwanda hageze drone zitwara abantu

September 3, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ikigo cyo mu Bushinwa China Road and Bridge Corporation (CRBC), kizobereye mu bikorwa byo kubaka imihanda, ibiraro, gari ya moshi […]

Indirimbo “Vis à Vis” ya Yago yashyizwe muri ‘FYC’ ya Grammy Awards 2026

September 3, 2025 ICK News 0

Nyuma y’uko indirimbo ye “Vis à Vis” yashyizwe kuri The World Album, umushinga wamaze kugera ku rwego rwa for Your Consideration (FYC) muri GRAMMY Awards […]

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yerekeje muri Nigeria

September 2, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa kabiri Nzeri 2025, nibwo Ikipe y’Igihugu “Amavubi” yahagurutse ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe yerekeza Oyo State muri Nigeria, aho […]

Shakib Cham yongeye gutumirwa mu mukino w’iteramakofe nyuma yo gutsindwa na Rickman

September 2, 2025 ICK News 0

Shakib Cham yongeye gushotorwa n’abahanzi b’Abanya-Kenya barimo Arrow Bwoy, Khaligraph Jones, na Willy Paul nyuma yo gutsindwa na Rickman. Ibi bibaye nyuma y’uko aherutse gutangaza […]

Putin avuga ko we na Trump bageze ku ‘gusobanukirwa’ uko intambara yo muri Ukraine yarangira

September 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko we na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bageze ku “gusobanukirwa” uko harangizwa intambara […]

Afghanistan: Gushakisha abagihumeka birakomeje nyuma y’umutingito wahitanye abarenga 800

September 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi bifashishije indege za kajugujugu bakomeje gushakisha abantu mu matongo y’inzu zo mu midugudu y’icyaro yo mu burasirazuba bwa Afghanistan, bashakamo abarokotse umutingito […]

Muhanga: Ba mutima w’urugo barashimirwa uruhare rwabo mu iterambere ry’akarere

September 2, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline yashimiye uruhare rw’umugore mu iterambere ry’umuryango Nyarwanda ndetse n’iry’akarere muri rusange. Ibi yabivugiye mu nama rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore […]

Nyagatare: Abakorera mu isoko rya Kimoramu barishimira ko ryavuguruwe

September 2, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Abacuruzi basanzwe bakorera mu isoko rya Kimoramu, riherereye mu kagali ka Kamagiri mu murenge wa Nyagatare ho mu karere ka Nyagatare, barashimira Leta y’u Rwanda […]

Posts pagination

« 1 … 11 12 13 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS