• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: July 2024

Mental Health Experts Advocate for Mass Screening, Especially for Men

July 9, 2024 Muhire Obed 0

Mental health experts are increasingly advocating for widespread screening, with a particular focus on men. Research indicates that the prevalence of mental health issues is […]

Agahinda gakabije n’umuhangayiko bikomeje kugaragara cyane mu bagabo

July 9, 2024 Muhire Obed 0

Impuguke mu bijyanye n’ubuzima bwo m’umutwe zirasaba abantu bose kwisuzumisha kugira ngo bamenye uko bahagaze cyane cyane abagabo kuko ubushakashatsi bugaragaza ko imibare y’abagabo irihe […]

Amatora 2024: Sobanukirwa inzira eshanu utora azanyuramo kugira ngo abe atoye byuzuye

July 8, 2024 Umukiza Irene 0

Harabura icyumweru ngo Abanyarwanda hirya no hino batore Perezida wa Repubulika ndetse n’Abadepite. Ni amatora yakomatanyijwe mu rwego rwo guhuza manda y’abadepite n’iya perezida wa […]

Muhanga: Ahazaza Independent School Excels in Cambridge Primary Checkpoint

July 8, 2024 KWIZERA Bernard 0

In a remarkable achievement for Rwanda’s education sector, Ahazaza Independent School, located in Muhanga district in the South of Rwanda, has demonstrated outstanding performance in […]

Muhanga: Ishuri Ahazaza ryagaragaje umusaruro mwiza mu kizamini cya ‘Cambridge’

July 8, 2024 KWIZERA Bernard 0

Abanyeshuri bo mu Ishuri ryigenga ‘Ahazaza Independent School’ bagaragaje umusaruro mwiza mu kizamini mpuzamahanga cya Cambridge. Byari ku nshuro ya mbere bamwe mu banyeshuri biga […]

CECAFA Kagame Cup 2024: APR FC yerekeje muri Tanzaniya

July 8, 2024 Darius Shumbusho 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere nibwo Ikipe y’Umupira w’amaguru y’Ingabo z’u Rwanda ‘APR FC’ yahagurutse i Shyorongi yerekeza ku kibuga Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga […]

Handball: APR yegukanye igikombe cya Shampiyona

July 8, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki cyumweru tariki 7 Nyakanga 2024, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda mu mukino wa ‘Handball’ yegukanye igikombe cya Shampiyona itsinze POLICE HC ibitego 35 kuri […]

Imyaka 5 y’ikoranabuhanga mu gucunga umutekano wo mu muhanda: Ibitekerezo n’Inzitizi

July 6, 2024 ICK News 0

Imyaka itanu irashize, Polisi y’u Rwanda itangiye kwifashisha camera zigenzura umuvuduko muri gahunda yo kurushaho kwimakaza umutekano wo mu muhanda hifashishijwe ubwenge karemano buzwi nka […]

Youth Notice President Kagame’s Call

July 6, 2024 Manishimwe Janvier 0

Following President Paul Kagame’s call urging the younger generation to remain vigilant and actively shape Rwanda’s future, the youth have expressed their readiness to continue […]

Vatikani yaciye Arkiyepiskopi Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Amerika

July 5, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nyakanga 2024, Leta ya Vatikani yatangaje ko yaciye Arkiyepiskopi Carlo Maria Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Leta […]

Posts pagination

« 1 … 6 7 8 9 »

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS