RMA yahaye abofisiye 81 impamyabumenyi mu buvuzi no mu bya gisirikare
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Kanama, Abasirikare 81 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bari bamaze imyaka ine biga ibijyanye n’ubuvuzi rusange, kubaga […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Kanama, Abasirikare 81 bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bari bamaze imyaka ine biga ibijyanye n’ubuvuzi rusange, kubaga […]
Kuri iki cyumweru, tariki ya 03 Kanama 2025, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko kubufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe itsinda ry’abantu 15, barimo […]
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 2 Kamena 2025, Papa Leo XIV yayoboye igitaramo cy’isengesho cyahuriyemo urubyiruko rugera kuri miliyoni, rwari rwaturutse hirya […]
Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, Nsengimana Claudien yagaragaje iterambere ry’aka karere mu mwaka wa 2024-2025, rishingiye ku kubyaza umusaruro amahirwe ahaboneka ndetse n’ubufatanye n’izindi nzego za […]
Tariki ya 1 Kanama buri mwaka, mu Rwanda hose, hizihizwa umunsi w’Umuganura, umwe mu minsi ifite agaciro gakomeye mu muco nyarwanda. Ku rwego rw’igihugu ibi […]
Ubuyobozi bw’ishuri rya C.L. Gashonga TSS riherereye mu murenge wa Rwimbogo mukarere ka Rusizi uherutse kwandikira umukozi ushinzwe imyitwarire y’abahungu amugaya mu magambo akakaye yasabye […]
Mu Rwanda, abantu benshi bakunze gukoresha imvugo igira iti “Izuba ryavuye none bwayaze.” Iyi mvugo akenshi ikunze gukoreshwa mu gihe cy’impeshyi cyangwa mu gihe cy’ubushyuhe […]
Kuwa kabiri w’iki cyumweru , ubwo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Madamu Kayitesi Alice, yaganiraga n’abari bitabiriye inteko rusange y’abaturage bo mu Karere ka Muhanga , Umurenge […]
Ababyeyi batuye mu Mudugudu wa Remera, mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, barishimira ko begerejwe Ishuri ribanza rya Nyabitare, […]
Raporo nshya yasohowe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Nyakanga 2025, yagaragaje ko habaye izamuka rikabije ry’ibiciro mu nganda, cyane […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS