Amerika: 34 bahitanywe n’inkubi y’umuyaga yibasiye amajyepfo y’igihugu
Byibura abantu 34 bamaze gupfa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bazize inkubi y’umuyaga yibasiye Leta nyinshi zo mu majyepfo y’iburasirazuba bw’iki gihugu ku mugoroba […]
Byibura abantu 34 bamaze gupfa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bazize inkubi y’umuyaga yibasiye Leta nyinshi zo mu majyepfo y’iburasirazuba bw’iki gihugu ku mugoroba […]
Hari abibwira ko ubukerarugendo bw’u Rwanda bugarukira ku nzu ndangamurage, za Pariki z’ibirunga, Akagera, Nyungwe ndetse n’ahandi hantu nyaburanga hamamaye mu binyamakuru kubera ko habonye […]
Abatuye Ngororero barasaba ko gare ya Kabaya yavugururwa ikubakwa ku buryo bujyanye n’igihe, dore ko haba ku zuba, haba ku mvura abagenzi batabona aho bikinga. […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025, Abahagarariye kaminuza ya Fojo Media Institute yo muri Suede basuye Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi mu rwego […]
Kuva kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14, u Rwanda rwakiriye inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari n’Abahanga mu bushabitsi muri Afrika (Africa Business Heroes (ABH)). […]
Kuwa kane tariki ya 13 Werurwe abayobozi ba Arumeniya na Azerbaijani batangaje ko impande zombi zemeye amasezerano y’amahoro agiye kurangiza intambara imaze hafi imyaka mirongo […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]
Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]
Abakirisitu Gatolika ku Isi hose bifatanyije na Papa Fransisiko wujuje isabukuru y’imyaka 12 ishize Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Abakristu […]
Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS