Abahagarariye ‘Fojo Media Institute’ basuye ICK mu rwego rwo gushimangira ubufatanye
Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025, Abahagarariye kaminuza ya Fojo Media Institute yo muri Suede basuye Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi mu rwego […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Werurwe 2025, Abahagarariye kaminuza ya Fojo Media Institute yo muri Suede basuye Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi mu rwego […]
Kuva kuri uyu wa Gatanu taliki ya 14, u Rwanda rwakiriye inama ya 6 y’Ihuriro ry’Abashoramari n’Abahanga mu bushabitsi muri Afrika (Africa Business Heroes (ABH)). […]
Kuwa kane tariki ya 13 Werurwe abayobozi ba Arumeniya na Azerbaijani batangaje ko impande zombi zemeye amasezerano y’amahoro agiye kurangiza intambara imaze hafi imyaka mirongo […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 13 Werurwe, umujyana wa Perezida Vladimir Putin mu bya politiki y’ububanyi n’amahanga, yatangaje u Burusiya butari bwemera icyifuzo cya […]
Impuguke z’umuryango w’abibumbye zavuze ko Israel yakoze “ibikorwa bya Jenoside” byibasiye Abanyapalestine binyuze mu gusenya ibigo by’ubuvuzi byita ku bagore mu gihe cy’intambara yo muri […]
Abakirisitu Gatolika ku Isi hose bifatanyije na Papa Fransisiko wujuje isabukuru y’imyaka 12 ishize Papa Fransisiko atorewe kuba Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Abakristu […]
Perezida wa Iran yatangaje ko atazigera yemera kugirana ibiganiro na Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeraho ko Trump yazakora icyo ashaka. […]
Ku wa kabiri, Leta zunze ubumwe z’Amerika yemeye gusubukura imfashanyo za gisirikare n’izo gusangira amakuru y’ubutasi na Ukraine nyuma y’uko Kyiv ivuze ko yiteguye gushyigikira […]
Abayobozi bo mu ntara ya Madhya Pradesh, iri hagati mu Buhinde ikaba ituwe n’abasaga miliyoni 72, barimo gutekereza gushyiraho igihano cy’urupfu ku bantu bashinjwa guhatira […]
Ubuyobozi bw’Uburusiya bwatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11 Werurwe, Ukraine yagabye igitero gikomeye cy’indege zitagira abadereva i Moscou, gihitana byibura abakozi babiri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS