• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ikibazo cy’inzara cyateje imyigaragambyo ikaze yaguyemo abantu 13 muri Nigeria

August 2, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abantu 13 baguye mu myigaragambyo ikaze yabaye muri Nigeria kuri uyu wa kane taliki ya 01 Kamena 2024 yo kwamagana ikibazo cy’ubukungu bwifashe nabi muri […]

Abagenda mu modoka rusange barasaba uburyo bwo gufasha abagira ikibazo cyo kuruka

August 2, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mu bagenzi bakoresha imodoka rusange mu bice binyuranye by’igihugu barasaba ko hashyirwaho uburyo bwo kujya bafasha abantu bahura n’ibibazo byo kuruka mu gihe bari […]

Isiraheli yigambye kwica umuyobozi wa Hamas mu bya gisirikari

August 1, 2024 ICK News 0

Igisirikari cya Leta ya Isiraheli cyatangaje ko muri Nyakanga cyishe umuyobozi w’Umutwe wa Hamas mu bya gisirikari, Mohammed Deif. Iby’urupfu rw’uyu muyobozi byatangajwe kuri uyu […]

Uburwayi bw’Amenyo: Impamvu, ingaruka n’uburyo bwo kwirinda

August 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Amenyo ni kimwe mu bice by’umubiri by’ingenzi cyane kuko ariyo atuma umuntu abasha gushwanyaguza ibyo kurya mbere yo kubimira kugira ngo byoroshye igogora. N’ubwo bimeze […]

APR BBC yaraye ku mwanya wa mbere

August 1, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu mukino utari woroshye, APR BBC yaraye itsinze REG BBC amanota 77-75 bituma APR ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Uyu mukino w’umunsi wa 19 muri […]

Isiraheli na Hezbollah ntibavuga rumwe ku rupfu rwa Fuad Shukr

July 31, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024, Israel yatangaje ko yivuganye umujyanama w’umuyobozi w’umutwe wa Hezbollah, Fuad Shukr, mu gitero cyagabwe I Beirut […]

REG BBC vs APR BBC: Icyo wamenya kuri aya makipe mbere y’umukino

July 31, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Umukino hagati ya REG BBC na APR BBC ni umwe mu itegerejwe cyane n’abakunzi b’umukino w’amaboko wa Basketball kuri uyu wa Gatatu, tariki 31 Nyakanga […]

Hamas yavuze ko uwihishe inyuma y’urupfu rw’umuyozi wayo azabiryozwa

July 31, 2024 BYIRINGIRO Thierry 0

Kuri uyu wa 30 Nyakanga 2024, nibwo umuyobozi w’umutwe wa Hamas mu bya politiki Ismail Haniyeh yiciwe i Tehran muri Iran. Urupfu rwe rwemejwe n’Itsinda […]

Imibare y’abagwa mu ntambara ishyamiranyije Israheli na Hamas ikomeje kwiyongera

July 31, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ejo ku wa Kabiri tariki 30 Nyakanga 2024, Abanyapalestine 12 baguye mu gitero cya gisirikare Isiraheli yagabye ku rwinjiriro rw’inkambi y’impunzi ya Nuseirat muri Gaza […]

Ubushinwa ku mwanya wa mbere mu kugurisha intwaro nyinshi muri Afurika

July 30, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ubushinwa bwamaze kwigaranzura Uburusiya bwari buri ku mwanya wa mbere mu kugurisha intwaro nyinshi muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara. Izi ntwaro ahanini ziganjemo […]

Posts pagination

« 1 … 146 147 148 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS