• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Tunisia: Rached Ghannouchi utavuga rumwe n’ubutegetsi yakatiwe igifungu cy’imyaka 14

July 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tunisia, Rached Ghannouchi, yakatiwe gufungwa imyaka 14, bikaba byiyongereye ku bindi bihano byo gufungwa yagiye ahabwa mu manza zitandukanye. Ghannouchi, […]

Ubushinwa bwashinjwe kwibasira indege y’Abadage

July 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubushyamirane hagati y’u Bushinwa n’u Budage bukomeje gukaza umurego nyuma y’uko Ubudage bushinje Ubushinwa gukoresha urumuri rukaze rwa laser rugatera ikibazo ku ndege ya gisirikare […]

Kenya: Perezida Ruto yategetse Polisi kurasa abigaragambya ku maguru aho kubica

July 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Kenya, William Ruto, yategetse polisi kurasa mu maguru abigaragambya bagamije kwangiza ibikorwa by’ubucuruzi, kugira ngo babure ubushobozi bwo gukomeza urugomo ariko ntibicwe. Umuryango […]

Ukraine yibasiwe n’igitero gikomeye kurusha ibindi byose

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko igihugu cye cyibasiwe n’igitero cyo mu kirere gikomeye kurusha ibindi byose byigeze kugabwa kuri iki  gihugu, aho drones […]

Kenya: 31 baguye mu myigaragambyo, bizamura uburakari mu baturage

July 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umubare w’abantu bishwe mu myigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi ku wa Mbere muri Kenya wageze kuri 31, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’igihugui shinzwe uburenganzira bwa muntu […]

Marseille: Abantu 110 bamaze gukomeretswa n’inkongi y’umuriro

July 9, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abantu bagera ku 110 bamaze gutangazwa ko bakomeretse byoroheje kubera inkongi y’umuriro ikomeje kwibasira umujyi wa Marseille, umujyi wa kabiri munini mu Bufaransa. Minisitiri w’Ubutegetsi […]

Abaturage b’ibihugu 74 bemerewe kwinjira mu Bushinwa nta Visa

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri ubu, abaturage b’ibihugu 74 bashobora kwinjira mu Bushinwa batagombye gusaba visa, bakahamara iminsi 30. Ibi ni intambwe ikomeye ugereranyije n’uko byahoze. Guverinoma y’Ubushinwa ikomeje […]

Bwa mbere hemejwe umuti wa Malariya wagenewe impinja

July 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuti wa mbere wa malariya wagenewe impinja zikivuka n’abana bakiri bato witwa Coartem Baby wemejwe na Swissmedic, ikigo cy’ubugenzuzi bw’imiti cy’Ubusuwisi. Biteganyijwe ko uzatangira gukoreshwa […]

Kenya: Abantu 11 baguye mu myigaragambyo ya ‘saba saba’

July 8, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu 11 biciwe mu myigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi muri Kenya, naho abandi 567 batawe muri yombi, kuri uyu wa Mbere nk’uko Polisi ibitangaza. Polisi […]

Minisitiri Roman Starovoit wari uherutse kwirukanwa na Putin yasanzwe yapfuye

July 8, 2025 Kwihangana Joshua 0

Komite y’Ubugenzacyaha mu Burusiya yatangaje ko Roman Starovoit wahoze wari Minisitiri w’Ubwikorezi muri iki gihugu  yasanzwe  yapfuye, bikaba bikekwa ko yiyahuye akoresheje imbunda. Ibi bibaye […]

Posts pagination

« 1 … 95 96 97 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS