• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Peru: Perezida Dina Boluarte yegujwe ku butegetsi kubera ubwiyongere bw’ibyaha

October 10, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Dina Boluarte wa Peru yakuwe ku butegetsi na Kongere mu buryo bwihuse, mu ijoro rishyira ku wa Gatanu, nyuma y’iraswa ry’abantu ryabereye mu gitaramo […]

Drake agiye kujuririra icyemezo cy’urukiko cyatesheje agaciro ikirego cye kuri Kendrick Lamar

October 10, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperi w’umunya-Canada, Drake, yemeje ko agiye kujurira icyemezo cy’Urukiko rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatesheje agaciro ikirego yari yaratanze arega umuraperi Kendrick Lamar […]

María Corina Machado yahawe igihembo cy’amahoro cya Nobel

October 10, 2025 ICK News 0

Umunya-Venezuela Maria Corina Machado, utavuga rumwe na Leta muri Venezuela, yahawe Igihembo cy’Amahoro cya Nobel kubera uruhare rwe mu guteza imbere amahoro no kurengera demokarasi […]

U Rwanda rwahawe asaga miliyari 160 Frw yo guteza imbere ikorwa ry’inkingo, ubuvuzi n’ubukungu

October 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wageneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 95 z’ama-euro, angana n’asaga miliyari 160 z’amafaranga y’u Rwanda igenewe mu guteza imbere ikorwa […]

Ibiciro ku masoko byazamutseho 7,3% muri Nzeri 2025 – NISR

October 10, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku masoko mu Rwanda byazamutseho 7,3% muri Nzeri 2025 ugereranyije na Nzeri 2024. Iri zamuka ryiyongereye ugereranyije n’ukwezi […]

Israel yemeje agahenge mu ntambara na Hamas muri Gaza

October 10, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Guverinoma ya Israel yemeye igice cya mbere cy’amasezerano y’agahenge mu ntambara ihanganyemo  na Hamas muri Gaza, aho hateganyijwe guhagarika imirwano no gusubirana hagati y’impande zombi […]

Inzu ya Vinícius Junior ukinira Real Madrid yafashwe n’inkongi y’umuriro

October 9, 2025 ICK News 0

Umukinnyi w’ikipe ya Real Madrid n’ikipe y’igihugu ya Brazil, Vinícius Júnior, yagize ibyago nyuma y’uko inzu ye iherereye mu gace ka La Moraleja mu mujyi […]

Amavubi arasabwa gutsinda Benin akiyongerera amahirwe yo gukina igikombe cy’isi 2026

October 9, 2025 ICK News 0

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi” izakina umukino ukomeye ku wa Gatanu saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18:00) kuri Stade Amahoro, aho izaba yakiriye ikipe ya Benin […]

Karongi: Uko Koperative Abahizi yahinduye ubuzima bw’urubyiruko rwa Mubuga

October 9, 2025 ICK News 0

Urubyiruko rutandukanye rwo mu murenge wa Mubuga, mu karere ka Karongi, ruvuga ko rwishimira iterambere rumaze kugeraho rubikesha akazi rukora kajyanye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bakorera […]

Israel na Hamas bumvikanye guhagarika intambara

October 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Israel n’umutwe wa Hamas bemeranyije ku cyiciro cya mbere cy’amasezerano y’amahoro, arimo no guhagarika […]

Posts pagination

« 1 … 58 59 60 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS