• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Ese amadini yo mu Rwanda yitura abayoboke batanga ibyabo?

November 2, 2024 Umutesi Aline 0

Amadini n’amatorero mu Rwanda amaze iminsi ahanganye n’ibitekerezo bibiri bikomeye. Hari abumva ko amadini n’amatorero agamije kwambura Abanyarwanda na duke bari bifitiye nyamara abandi bakavuga […]

‘Nta mwuga ugenewe igitsina runaka’: Ubuzima bwa Nyirabambari Laurence mu bubaji

November 2, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Nyirabambari Laurence ukora umwuga w’ububaji mu Karere ka Mu sanze ni umwe mu bitinyutse bagana imyuga bamwe bafata nk’iy’abagabo. Umunyamakuru wa ICK News yamusanze aho […]

Huye: Hadutse ubujura bwitwaje ijambo ry’Imana

November 2, 2024 IGIRANEZA Rozine 0

Abatuye mu Karere ka Huye babangamiwe n’itsinda ry’abagore ribambura ibyabo ryitwikiriye ubuhanuzi bw’ibinyoma, bagasaba abayobozi kubafatira ingamba. Aba bagore bakunze kugenda ari itsinda rya batatu, […]

Ni iki cyadindije umuhanda Ngoma-Ramiro?

November 1, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Mu Ukwakira 2021, Leta y’u Rwanda binyuze mu Kigo Gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) yatangije umushinga wo kubaka umuhanda ‘Ngoma-Ramiro’ ufite ibirometero 52. N’ubwo byari biteganyijwe […]

Botswana: Ishyaka rimaze imyaka 58 ku butegetsi ryatsinzwe amatora

November 1, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ishyaka ryayoboye Botswana kuva yabona ubwigenge mu 1966 ryakubiswe inshuro mu matora y’iki gihugu yabaye muri iki cyumweru, kuko iri shyaka ryatakaje ubwiganze busesuye mu […]

Gicumbi: Ibikorwa by’abakorerabushake birivugira

October 31, 2024 Ishimwe Honore 0

Abakorerabushake barashimirwa umusanzu ntagereranywa batanga mu bikorwa bitandukanye birimo kwita ku mibereho myiza y’abaturage, kubaka ibikorwa remezo, no gukumira ibyaha. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, […]

Papa Fransisiko yagabanyije umushahara w’Abakaridinali bakorera i Vatikani

October 31, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo 2024, Abakaridinali bakorera i Vatikani baratangira kwakira umushahara muto kuwo bari basanzwe bafata. Ni icyemezo cyafashwe […]

Journalism Students Urged to Champion Gender Equality in Reporting

October 31, 2024 ICK News 0

Today, October 31, 20 journalism students from four Rwandan universities completed a three-day intensive training on producing gender-sensitive stories. The training, organized by the Rwanda […]

Abanyeshuri 20 bahuguwe ku kwandika inkuru ziharanira Uburinganire

October 31, 2024 Akimana Desange 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 31 Ukwakira 2024, abanyeshuri 20 biga itangazamakuru muri kaminuza enye zo mu Rwanda basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku binyanye […]

Meet Sammy Awami, A Man Who Gave His Life to the Newsroom

October 31, 2024 Philos Muhire 0

In a recent exclusive interview with ICK News, Sammy Awami, a prominent journalist with BBC Swahili, shared profound insights into his journalism journey and the […]

Posts pagination

« 1 … 194 195 196 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS