• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar i Doha

May 25, 2026 ICK News 0

Ku Cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, […]

Muhanga: ES Elena Guerra yatashye ibyumba bishya ku munsi Mukuru w’Ishuri

May 24, 2026 ICK News 0

Ishuri ryisumbuye rya ES Elena Guerra, riherereye mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, ryizihije Umunsi Mukuru wa Mutagatifu Elena Guerra, umurinzi w’iri shuri, […]

Perezida Kagame yasobanuye inyungu u Rwanda rukura mu kwakira ibikorwa bya siporo

May 22, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko siporo ari kimwe mu bikorwa bifite uruhare rukomeye mu guhuza abantu no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu, […]

Pep Guardiola aratanduka na Manchester City nyuma y’umukino wo ku Cyumweru

May 22, 2026 Ibyimana Cofi 0

Umutoza w’umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Pep Guardiola w’imyaka 55 y’amavuko, yatangaje ko azava muri Manchester City mu mpera z’uyu mwaka w’imikino, asoza urugendo rw’imyaka 10 […]

Rwanda’s media sector found rich in experience but facing financial and structural challenges

May 22, 2026 Daniel Niyonkuru 0

A new study on Rwanda’s media sector has revealed a profession filled with experienced and committed practitioners, but one still struggling with low pay, unstable […]

ICK: Abanyeshuri beretswe uko bakwitegura guhangana ku isoko ry’umurimo

May 22, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Mu rwego rwo gukomeza kuzamura ireme ry’uburezi no gufasha abanyeshuri guhuza amasomo n’ibikorwa bifatika, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), ryateguye ikiganiro cyihariye cyagenewe abanyeshuri […]

Muhanga: Abanyeshuri bo muri Cyeza bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

May 20, 2026 ICK News 0

Urubyiruko rwo mu mashuri abanza n’ayisumbuye yo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga, rwazindukiye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside […]

Urubyiruko rwa Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe gahunda ya “Study Now, Pay Later”

May 20, 2026 ICK News 0

Urubyiruko ruturutse muri Diyosezi za Kabgayi na Butare rwasobanuriwe amahirwe yo gukomeza amashuri makuru na kaminuza binyuze muri gahunda ya “Study Now, Pay Later” itangwa […]

Perezida Kagame na Samia Suluhu bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu

May 20, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu mugoroba tariki 19 Gicurasi 2026, yakiriye Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, […]

Kenya: Abantu bane baguye mu myigaragambyo i Nairobi

May 19, 2026 ICK News 0

Abantu bane bamaze kwitaba Imana mu gihe abandi barenga 30 bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye muri Kenya yamaganaga izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi, ryatewe n’izamuka ry’ibiciro […]

Posts pagination

« 1 … 11 12 13 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS