WASAC irasabwa kuvugurura uburyo bwo kwishyura amazi
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]
Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizaza mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Mu myaka icumi ishize, Musanze ni umwe mu mijyi yagaragaje iterambere ryihuse bijyanye nuko uherere mu gace k’ubukerarugendo bishingiye kuri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Muri uwo […]
Nitwa Sylvie Mutoni, nkaba niga mu mwaka wa mbere w’Ishami ry’Itangazamakuru mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK). Ubwo nari mvuye ku ishuri nerekeza aho […]
Rutsiro, 25 June 2025 — Caritas Nyundo Gisenyi of Nyundo Diocese has issued a nationwide appeal urging every stakeholder—government, development partners, schools and families—to guarantee […]
Mu mwaka wa 1999, uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, BlackBerry, rwashyize ahagaragara igikoresho cyari gifite bimwe mu bigize ubushobozi bwa telefoni zigezweho muri iki gihe. Muri […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko agahenge hagati ya Israel na Iran katangiye gushyirwa mu bikorwa, […]
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS