Muhanga: Batatu batawe muri yombi bakekwaho gucuruza urumogi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu batatu barimo abagabo babiri n’umugore umwe, bakekwaho gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi. Aba bafashwe […]
