• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

POLITIKE

Australia: Umwami Charles III yavugirijwe induru

October 21, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa 21 Ukwakira 2024, Umwami w’Ubwongereza Charles III yavugirijwe induru n’umwe mu basenateri ba Australia. Nk’uko bitangazwa na BBC, Lidia Thorpe, umwe mu […]

Gukuramo inda no gufata ku ngufu: Ibyaha byiganje mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame

October 19, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi abagororwa 32 bari barakatiwe ibihano bitandukanye. Urutonde rw’abahawe imbabazi ruri mu iteka rya Perezida ryasohotse […]

Bamporiki na CG (Rtd) Gasana mu bahawe imbabazi na Perezida Kagame

October 19, 2024 ICK News 0

Iteka rya Perezida Nomero 075/01 ryo ku wa 18/10/2024 ritanga imbabazi ryatanze imbabazi ku bagororwa 32 barimo uwahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Urubyiruko, […]

Kenya: Abasenateri batoye kweguza Visi Perezida Gachagua  

October 17, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 17 Ukwakira 2024, Abagize Umutwe w’Abasenateri bo muri Kenya batoreye icyemezo cyo kweguza Visi Perezida w’iki gihugu Rigathi Gachagua. […]

Isiraheli yemeje urupfu rw’umuyobozi mushya wa Hamas Yahya Sinwar

October 17, 2024 ICK News 0

Ubuyobozi bw’Igisirikari cya Isiraheli (IDF) buratangaza ko ingabo za Isiraheli muri Gaza zahitanye umuyobozi mukuru wa Hamas Yahya Sinwar, ufatwa nk’umucurabwenge w’ibitero byibasiye Isiraheli mu […]

Kenya: Abadepite batoye kweguza Visi Perezida Gachagua n’ubwo akomeje guhakana ibyo ashinjwa  

October 9, 2024 ICK News 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 8 Ukwakira 2024, impaka z’urudaca nizo zari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Kenya ubwo Visi Perezida wa […]

Mozambique: Bazindukiye mu matora yo guhitamo uzasimbura Perezida Nyusi

October 9, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Nzeri 2024, miliyoni 17 z’abaturage ba Mozambique zazindukiye mu matora rusange y’umukuru w’igihugu ashobora guha intsinzi ishyaka ‘Frelimo’ […]

Kenya: Visi-perezida Gachagua yasabye imbabazi Perezida Ruto

October 7, 2024 ICK News 0

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, ubu ugeramiwe no kweguzwa n’Inteko Ishinga amategeko, yasabye imbabazi Perezida w’iki gihugu, Dr. William Ruto. Ibitangazamakuru byinshi muri Kenya […]

Mozambique: Abatuye Macomia baravuga imyato Ingabo z’u Rwanda

October 2, 2024 Philos Muhire 0

Abaturage bo mu Karere ka Macomia, mu gice cy’iburasirazuba bwa Cabo Delgado, barashima ibikorwa by’ingabo z’u Rwanda mu kurwanya iterabwoba ryazahaje ako karere kuva mu […]

Kenya: Perezida na Visi Perezida ntibacana uwaka

October 1, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yatewe ubwoba bwo kweguzwa ku mwanya we wo kungiriza William Ruto ku buyobozi bw’igihugu cya Kenya nyuma y’amakuru menshi […]

Posts pagination

« 1 … 41 42 43 … 50 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS