Abize muri ICK basabye abanyeshuri kugira intego no kurangwa n’ubunyangamugayo
Bamwe mu bize mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) mu myaka yatambutse, basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri guharanira kugira intego mu myigire […]
Bamwe mu bize mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) mu myaka yatambutse, basabye barumuna babo bakiri ku ntebe y’ishuri guharanira kugira intego mu myigire […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga, ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro za […]
Aborozi bo mu bice bitandukanye by’u Rwanda bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ibiryo by’amatungo ryatumbagiye ku buryo bukabije. aho byikubye inshuro ebyiri cyangwa se zirenga nk’uko bamwe […]
Ku wa Kane, tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu […]
Kuri wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2025, Akarere ka Muhanga kafunze by’agateganyo inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mujyi wa Muhanga, ahazwi cyane nko “Kwa Jacque”. […]
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi n’ishoramari mu Rwanda bavuga ko ibyo bagezeho bitaturutse gusa mu mahirwe bahawe nk’abagore, ahubwo harimo no kugira ubushake mu kazi, […]
Amakuru y’ibanze avuga ko nta muntu ntumwe warokotse impanuka y’indege itwara abagenzi yo mu Burusiya yari itwaye 49 ubwo yahanukaga mu kirere cyo mu burasirazuba […]
Ishyirwaho rya Dr. Justin Nsengiyumva nka Minisitiri w’intebe mushya na Perezida Paul Kagame, ku wa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga, ryitezweho gutuma hashyirwaho guverinoma nshya, […]
Kuwa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagize Dr Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya. asimbuye Dr Edouard Ngirente […]
Leta y’u Bwongereza yashyize ahagaragara gahunda ikubiyemo ingamba nshya ku bihugu by’amahanga by’umwihariko umugabane w’Afurika. Izo ngamba zirimo kugabanya inkunga mu burezi bw’abana ndetse n’ubuzima […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS