• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Uko ishuri ry’umuziki rya Kabgayi rizakora

April 10, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu, tariki ya 8 Mata 2026, i Kabgayi hatangijwe ku mugaragaro ishuri ry’umuziki rigamije gufasha abana n’urubyiruko kuvumbura no guteza imbere impano zabo. […]

Djibouti: Bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

April 10, 2026 ICK News 0

Perezida wa Djibouti, Ismail Omar Guelleh, arimo guhatanira manda ya gatandatu mu matora ya perezida ari kuba kuri uyu wa Gatanu muri iki gihugu gifite […]

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abapolisi 5,741

April 9, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida Paul Kagame yatanze amapeti atandukanye kuri ba Ofisiye bakuru, ba Ofisiye bato, abapolisi bato ndetse na ba Suzofisiye, muri Polisi y’u Rwanda. Abapolisi batanu […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yatangije ku mugaragaro ishuri ry’umuziki muri Diyosezi ya Kabgayi

April 8, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Mata 2026, yatangaje ku mugaragaro itangira ry’ishuri ry’umuziki rya […]

Ntiwakwica abantu kabiri – Perezida Kagame avuga ko Jenoside itazongera kuba mu Rwanda ukundi

April 7, 2026 Byiringiro Patrick 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatanze ubutumwa bwizeza Abanyarwanda umutekano usesuye, avuga ko igihugu cyubatse ubudahangarwa butatuma cyongera kwemera ko amateka mabi nk’ayabaye […]

Kwibuka32: Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

April 7, 2026 Ibyimana Cofi 0

Ikipe ya Arsenal ikina shampiyon y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza, yifatnyije n’Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Imbeba zose si ibyonnyi: Akamaro k’imbeba katazwi na benshi

April 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Mu bice byinshi by’u Rwanda, imbeba zikunze gufatwa nk’udusimba twangiza. Ku bantu benshi, iyo uvuze imbeba bihita bibibutsa igihombo n’iyangirika ry’umusaruro. Ibyo bigatuma akenshi zihigwa […]

Ngororero: Ibyumba by’amashuri bishya kuri TTC Muramba byitezweho kugabanya ubucucike

April 3, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’ishuri nderabarezi rya TTC Muramba riherereye mu murenge wa Matyazo mu karere ka Ngororero, buvuga ko kubaka ibyumba by’amashuri bishya umunani biri mu rwego […]

Kirehe: Abaturage ba Kigina barasaba gukurwa mu icuraburindi

April 3, 2026 Manishimwe Janvier 0

Abaturage batuye mu Mudugudu wa Bugarura, Akagari ka Rwanteru, Umurenge wa Kigina mu Karere ka Kirehe, baratabaza bavuga ko imyaka irenga makumyabiri yihiritse badafite umuriro […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yasabye PACIS TV yafunguye ishami i Kabgayi kuba umuyoboro w’amahoro n’iterambere

March 30, 2026 Byiringiro Patrick 0

Ku Munsi Mukuru wa Mashami, muri Paruwasi Bazilika ya Kabgayi habereye ibirori byatangiwe n’Igitambo cya Misa, bikomereza ku muhango wo gufungura ku mugaragaro ishami rishya […]

Posts pagination

« 1 … 12 13 14 … 209 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS