Kwizigamira: Isoko y’amasaziro meza
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga wungirije ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage, Bwana Mugabo Gilbert yongeye kwibutsa abakiri bato kwizigamira kugira ngo bazagire amasaziro meza. Ibi byavuzwe kuri […]
Ahagana Saa cyenda z’igicamunsi cyo kuri uyu wa 24, Nyakanga, 2024 nibwo inzu y’uwitwa Bakundukize Pamphile iherereye mu Mudugudu wa Nyarucyamu ya mbere, Akagari ka […]
Abaturiye ndetse n’abakoresha Umuhanda uturuka Bishenyi ugana ku bitaro by’Amaso mu Kagari ka Muganza baratabaza inzego z’ubuyobozi ko zabafasha bagacanirwa amatara yo ku muhanda kuko […]
Bamwe mu bakoresha imihanda yo mu mujyi wa Muhanga barasaba ko yashyirwamo ibimenyetso kugira ngo hirindwe bimwe mu bibazo bishobora guterwa n’uko ibyo bimenyetso bitarimo […]
U Rwanda ni kimwe mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika byahisemo gushora imari mu bikorwaremezo nk’amahoteli, inyubako zakira inama, ibibuga [….] hagamijwe kongera umubare […]
Mu gihe u Rwanda ruvuye mu gihe cy’amatora ndetse bikaba byamaze kwemezwa mu buryo bwa burundu ko Paul Kagame ariwe wongeye gutsindira umwanya w’Umukuru w’Igihugu, […]
Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]
Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]
Kuri uyu 19 Nyakanga 2024 abaturage barenga 1000 bo mu Karere ka Kirehe bahawe amashyiga yo gutekeraho hakoreshejwe Gaze binyuze muri gahunda ya Leta izwi […]
Mu gihe akazi ka benshi mu bantu gatuma bahugira ku bintu binyuranye ngo akazi kagende neza, hari abibaza bati ese ‘ni iki nakora ngo ndide […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS