Obama uherutse kuvuga ko ibivejuru bibaho yisobanuye
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasobanuye ko amahirwe ko Isi yaba isurwa n’ibiremwa byo mu isanzure bizwi nka ‘aliens’ […]
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yabwiye abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye rya ETG Gitumba ko kuvuga ko bakunda Bikira Mariya bigomba […]
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Burayi bugomba kwiyubaka nk’imbaraga zikomeye mu bya politiki n’umutekano ku rwego mpuzamahanga, ashimangira ko igihe kigeze ngo […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Gashyantare 2026, kuri Stade ya Muhanga habereye umukino w’umupira w’amaguru wahuje abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru Gatolika rya […]
On February 13, the world marks World Radio Day, a date designated in 2011 by the United Nations Educational, Scientific and Cultural Organization (UNESCO) to […]
Mu mujyi wa São Paulo muri Brazil, hari imbwa yamaze imyaka 10 iba mu irimbi aho nyirayo yashyinguwe. Iyo mbwa, bise Bob Coveiro, bisobanuye ‘umukozi […]
Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Sir Keir Starmer yavuze ko amagambo ajyanye n’abimukira yavuzwe n’umuherwe uri mu bambere muri icyo gihugu Sir Jim Ratcliffe, akaba ari […]
Abarwanyi barenga 1,400 baturutse mu bihugu 35 bya Afurika biyandikishije kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine kuva mu 2023, kandi abagera kuri 316 […]
Hashize igihe kinini humvikana ikibazo cy’abaganga bake mu bigonderabuzima no mu bitaro bitandukanye hirya no hino mu gihugu. Abaturage bavuga ko rimwe na rimwe batabasha […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Mutarama 2026 ibiciro ku masoko byazamutseho 7,5% ugereranyije na Mutarama 2025. Mu byagize uruhare muri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS