Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump
Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]
Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]
Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame arasaba abayobozi b’amadini n’amatorero n’abayobozi mu nzego za leta gushyira imbaraga mu kwita ku byafasha umuryango Nyarwanda kurangwa […]
Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego […]
Umujyi wa Kigali watangiye igerageza rya gahunda yo guhagurukira ku gihe ku modoka zitwara abagenzi mu buryo rusange, aho umugenzi atazajya arambirwa no gutegereza ko […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no […]
Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya […]
Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, […]
Mu gitabo cye gishya cyitwa “Ibyiringiro: Ubuzima Bwanjye”, Papa Fransisiko agaruka ku rugendo rwe rwo kuva mu bwana mu mujyi wa Buenos Aires kugera ku […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS