• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

New ICK building reflects university’s vision for quality education, says Vice Chancellor

June 17, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

The Vice Chancellor of the Institut Catholique de Kabgayi, Father. Prof. Fidèle Dushimimana, has described the newly inaugurated building at the Sainte Elizabeth Campus in […]

Minisiteri y’Ubuzima yijeje abiga Ubuforomo n’Ububyaza muri ICK amahirwe y’akazi

June 17, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Abanyeshuri biga n’abifuza kwiga Ubuforomo n’Ububyaza mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bahawe icyizere cy’ejo hazaza nyuma y’uko Minisiteri y’Ubuzima ibijeje ko bafite amahirwe […]

Iyi nyubako si amabuye n’amatafari gusa, ni icyerekezo cya ICK mu guteza imbere uburezi – Padiri Prof. Fidèle Dushimimana

June 17, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi Mukuru w’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), Padiri Prof. Fidèle Dushimimana, yavuze ko inyubako nshya yatashywe kuri ‘Campus’ ya Sainte Elizabeth i Kabgayi atari […]

Perezida Kagame yageze muri Togo

June 15, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yageze mu mujyi wa Lomé muri Togo kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Kamena 2026, aho yakiriwe […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yifuza ko urubyiruko ruhabwa umwanya munini mu rugendo rwa Sinodi

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, yatangaje ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya munini mu rugendo rwa Sinodi yo kugendera hamwe, kugira ngo rugire […]

Muhanga: Meya Kayitare agaragaza ko gutsinda mu burezi bisaba ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta

June 14, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Jacqueline Kayitare, yashimangiye ko kubaka umunyeshuri ushoboye kandi ufite indangagaciro bidashoboka hatabayeho ubufatanye bw’umuryango, ishuri na Leta, ashimangira ko buri ruhande […]

Impamyabushobozi idaherekejwe n’indangagaciro ntacyo imaze – Musenyeri Ntivuguruzwa

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, yasabye abanyeshuri gushyira imbere indangagaciro z’ubumuntu n’iza gikristu, ashimangira ko impamyabushobozi n’impamyabumenyi bitagira umumaro urambye igihe […]

EP St. Stanislas: Padiri Karangwa yasabye ababyeyi kurera abana mu ndangagaciro za gikristu

June 13, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umuyobozi w’ishuri ribanza rya Saint Stanislas Ruyenzi, Evariste Karangwa yasabye ababyeyi gukomeza kurera abana mu ndangagaciro za Gikristu no gufatira ku rugero rwiza rwa Mutagatifu […]

Utubari twemerewe gukora kugeza saa cyenda z’urukerera

June 13, 2026 ICK News 0

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje amabwiriza mashya agenga amasaha y’ubucuruzi n’ubukerarugendo mu Rwanda mu gihe cy’imikino y’Igikombe cy’Isi, hagamijwe korohereza abaturage n’abakerarugendo gukurikirana iyo mikino […]

Perezida Kagame yashimiye Abofisiye barangije amasomo i Nyakinama

June 12, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yahaye ibihembo by’ishimwe abafisiye batatu bitwaye neza mu mahugurwa y’abofisiye bakuru 108 […]

Posts pagination

« 1 … 7 8 9 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS