• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye mu mukino wa Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114

July 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye cyane mu mikino yo gusiganwa ku maguru izwi nka Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114, nk’uko Polisi yo mu Buhinde yabitangaje.Amakuru […]

Indirimbo za Beyoncé zitarasohoka zibwe

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Altanta muri Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko indirimbo za Beyoncé zitarashyirwa ahagaragara ziri mu bintu byinshi byibiwe […]

RIB yatangaje ko ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byazamutseho 8.4% ugereranyije na 2024

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ibyaha nibura 253 by’ingengabitecyerezo ya Jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo  bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ abantu barenga 296, byakozwe […]

Kiliziya y’u Rwanda irashima uruhare rwa Leta mu myiteguro ya SECAM 2025

July 15, 2025 NDAHAYO Elias 0

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]

Perezida Ramaphosa Yahagaritse by’Agateganyo Minisitiri w’Umutekano

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Umutekano, Senzo Mchunu, kubera ibirego akurikiranyweho bimushinja kugira aho ahurira n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Mu ijambo […]

Cameroun: Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yavuze ko aziyamamariza indi manda

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’igihugu ukuze kurusha abanda ku Isi, Paul Biya w’imyaka 92, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya Cameroun azaba mu Ukwakira k’uyu mwaka. […]

Muhammadu Buhari wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Muhammadu Buhari,  wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]

Siriya: 30 bapfuye abandi 100 barakomereka mu mirwano yashyamiranyije amoko

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu 30 bamaze gupfira mu mujyi wa Sweida muri Siriya, mu mirwano yabaye hagati y’amatsinda yo mu idini rya ‘Druz’ na bo mu moko […]

Perezida Kagame yakoze impinduka muri RCS

July 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yazamuye mu ntera abakozi 190 bakorera Urwego rushinzwe Igorora (RCS) […]

Kenya: Perezida Ruto yategetse Polisi kurasa abigaragambya ku maguru aho kubica

July 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Kenya, William Ruto, yategetse polisi kurasa mu maguru abigaragambya bagamije kwangiza ibikorwa by’ubucuruzi, kugira ngo babure ubushobozi bwo gukomeza urugomo ariko ntibicwe. Umuryango […]

Posts pagination

« 1 … 66 67 68 … 134 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS