Abayobozi bashya batangiye inshingano baragijwe
Ku mugoroba wo Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, mu biro bya Minisitiri w’intebe, habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’abayobozi bashya […]
Ku mugoroba wo Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Nyakanga 2025, mu biro bya Minisitiri w’intebe, habereye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’abayobozi bashya […]
Ku wa Kane, tariki ya 24 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu […]
Kuri wa Kane tariki ya 24 Nyakanga 2025, Akarere ka Muhanga kafunze by’agateganyo inyubako y’ubucuruzi iherereye mu Mujyi wa Muhanga, ahazwi cyane nko “Kwa Jacque”. […]
Kuwa Gatatu, tariki ya 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagize Dr Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe mushya. asimbuye Dr Edouard Ngirente […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangaje ko ikibazo cy’ibura ry’imiti, cyane cyane ku Kigo Nderabuzima cya Kigarama giherereye mu Murenge wa Kigarama, cyamaze gukemuka. Ibi byatangajwe […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo […]
Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko bitarenze mu mwaka wa 2029, abanyeshuri bose bo mu mashuri abanza bazaba bari kwiga igice kimwe aho kwiga mu byiciro “Double […]
Leta y’u Rwanda yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kuzamura umubare w’abanyeshuri biga mu mashuri y’inshuke kuko ari rwo rwego rw’amashuri umwana yigamo bikamutegurira kuziga […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS