Urubyiruko rwiganje mu bakoresha bakanacuruza ibiyobyabwenge
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko ku wa Mbere tariki ya 30 Kamena 2025 hazatangira ku mugaragaro ibizamini bisoza amashuri abanza (PLE) by’umwaka w’amashuri wa 2024/2025. […]
Minisiteri y’uburezi yatangaje ko hateganyijwe impinduka mu bijyanye n’amashami yigwa mu cyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye mu burezi rusange, aho abanyeshuri bazasigarana amahitamo atatu y’ibyo […]
Minisiteri y’Uburezi iratangaza ko bitarenze mu mwaka wa 2029, abanyeshuri bose bo mu mashuri abanza bazaba bari kwiga igice kimwe aho kwiga mu byiciro “Double […]
Leta y’u Rwanda yatangaje ko iri gushyira imbaraga mu kuzamura umubare w’abanyeshuri biga mu mashuri y’inshuke kuko ari rwo rwego rw’amashuri umwana yigamo bikamutegurira kuziga […]
Buri munsi, ibiribwa byinshi bigera ku isoko binyuze mu nzira zinyuranye, kuva ku bahinzi n’aborozi kugera ku bacuruzi, ndetse n’umuguzi wanyuma. Inzego zirimo Ikigo cy’u […]
Mu rwego rwo guteza imbere ireme ry’uburezi no kugabanya umubare w’abanyeshuri basibira, Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) cyatangije gahunda yiswe “Nzamura Bushobozi”, igamije gufasha […]
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), Dr. Bahati Bernard, yatangaje ko imyiteguro y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye igeze kure. Mu […]
Mu gishanga cy’umuceri cya Kibaya-Cyunuzi giherereye ku mupaka w’uturere twa Ngoma na Kirehe, hateganyijwe gutunganywa hegitari 153 zizahingwaho. Ibi bizarushaho kongera umusaruro w’umuceri muri utu […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buratangaza ko mu ngengo y’imari ya 2025-2026 hatagenyijwe miliyoni 80 Frw yo gusana imihanda imwe n’imwe yo muri aka karere yangiritse. […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS