Imirimo mishya irenga miliyoni izahangwa kugeza 2029
U Rwanda rurateganya guhanga imirimo mishya ibyara inyungu 1,250,000 mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere, aho hazajya hahangwa nibura 250,000 buri mwaka mu rwego rwo […]
U Rwanda rurateganya guhanga imirimo mishya ibyara inyungu 1,250,000 mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere, aho hazajya hahangwa nibura 250,000 buri mwaka mu rwego rwo […]
Umunyamakuru ukomeye wa Al Jazeera, Anas Al Sharif, wari warigeze guterwa ubwoba na Isiraheli, yicanwe hamwe n’abo bakoranaga bane mu gitero cy’indege cya Isiraheli muri […]
Antoine Karidinali Kambanda ari kumwe n’Abepiskopi, abasaseridoti, abihayimana n’imbaga y’abakristu baturutse muri Diyosezi zose zo mu gihugu, bateraniye muri Diyosezi ya Nyundo ku wa 9 […]
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Karidinali Antoni Kambanda yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko abana b’imyaka 15 bahabwa serivisi zo […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abaturage ba Malawi na Zambia bifuza kwerekezayo kwishyura amadolari 15,000 arenga miliyoni 20 FRW kugira […]
Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo butubahirije amategeko, nyuma y’uko ibihugu byombi byemeranyije amasezerano yashyizweho umukono […]
Papa Leo wa XIV yohereje ubutumwa mu nama rusange ya 20 y’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi bo muri Afurika no muri Madagascar (SECAM), asabira ko ibiganiro byabo […]
Mu Misa yo kwizihiza Yubile y’Urubyiruko yabereye i Tor Vergata, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Papa Leo wa XIV yibukije urubyiruko ko Yezu ari […]
Uruhinja rukuze kuruta izindi ku Isi rwavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruvuye ku rusoro (embryo) rwabitswe mu bukonje mu 1994. Ikinyamakuru the Guardian […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS