Amashuri yo muri Kigali azafunga imiryango mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’amagare
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21 na 28 Nzeri 2025, amashuri akorera mu Mujyi wa Kigali azahagarika amasomo, ndetse abakozi ba leta […]
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hagati y’itariki ya 21 na 28 Nzeri 2025, amashuri akorera mu Mujyi wa Kigali azahagarika amasomo, ndetse abakozi ba leta […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko igihugu cye kizanga icyifuzo icyo ari cyo cyose cy’u Burusiya cyuko ireka agace ka Donbas nk’ingurane yo kugira […]
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo ubu ufunze, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo guhimba ibiciro by’imigabane no kwakira ruswa. […]
U Rwanda rurateganya guhanga imirimo mishya ibyara inyungu 1,250,000 mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere, aho hazajya hahangwa nibura 250,000 buri mwaka mu rwego rwo […]
Umunyamakuru ukomeye wa Al Jazeera, Anas Al Sharif, wari warigeze guterwa ubwoba na Isiraheli, yicanwe hamwe n’abo bakoranaga bane mu gitero cy’indege cya Isiraheli muri […]
Antoine Karidinali Kambanda ari kumwe n’Abepiskopi, abasaseridoti, abihayimana n’imbaga y’abakristu baturutse muri Diyosezi zose zo mu gihugu, bateraniye muri Diyosezi ya Nyundo ku wa 9 […]
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Karidinali Antoni Kambanda yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko abana b’imyaka 15 bahabwa serivisi zo […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abaturage ba Malawi na Zambia bifuza kwerekezayo kwishyura amadolari 15,000 arenga miliyoni 20 FRW kugira […]
Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]
U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo butubahirije amategeko, nyuma y’uko ibihugu byombi byemeranyije amasezerano yashyizweho umukono […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS