Portugal: Abantu 15 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka igendera ku migozi
Abantu 15 bapfuye naho abandi 18 barakomereka ku wa Gatatu, ubwo imodoka igendera ku mugozi ya ‘Gloria funicular cable car’, izwi cyane ku bakerarugendo kandi […]
Abantu 15 bapfuye naho abandi 18 barakomereka ku wa Gatatu, ubwo imodoka igendera ku mugozi ya ‘Gloria funicular cable car’, izwi cyane ku bakerarugendo kandi […]
Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko we na mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bageze ku “gusobanukirwa” uko harangizwa intambara […]
Abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi bifashishije indege za kajugujugu bakomeje gushakisha abantu mu matongo y’inzu zo mu midugudu y’icyaro yo mu burasirazuba bwa Afghanistan, bashakamo abarokotse umutingito […]
Kuri uyu wa 26 Kanama 2025, Abanyeshuri batatu b’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), berekeje mu Buholandi, aho bagiye gukomereza amasomo yabo muri Ede Christian […]
Guverinoma ya Nigeria yirukanye abanyamahanga benshi barimo n’Abashinwa 50, mu gikorwa gikomeye cyo guhashya imwe mu miryango minini y’ubujura bukorerwa kuri murandasi iyoborwa n’abanyamahanga, nk’uko […]
Amerika yemeranyije n’ibihugu bya Uganda na Honduras amasezerano yo koherezayo abimukira baba muri icyo gihugu cyo ku mugabane wa Amerika ya ruguru mu buryo bunyuranyije […]
Ku gicamunsi cyo kuri uyu Kabiri, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye 2024-2025, aho mu bagera ku 148,677 bakoze […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari 166,334 bangana na 75.64%, mu gihe hari […]
Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky azajya i Washington DC ku wa Mbere guhura na Donald Trump, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS