Tems yanze ko umuziki we witirirwa Afrobeats gusa
Umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Temilade Openiyi, uzwi nka Tems, yasobanuye ko atifuza ko abantu bakomeza gushyira umuziki we mu cyiciro cya Afrobeats gusa. Tems […]
Umuhanzikazi w’icyamamare ukomoka muri Nigeria, Temilade Openiyi, uzwi nka Tems, yasobanuye ko atifuza ko abantu bakomeza gushyira umuziki we mu cyiciro cya Afrobeats gusa. Tems […]
Duane “Keffe D” Davis, wahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, yahamwe n’icyaha cyo gutegura no gutegeka iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur. Ni ubwa mbere […]
Imyambarire y’abakobwa ikomeje kuba imwe mu ngingo ziteza impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho abantu bakomeje gutanga ibitekerezo bitandukanye ku burenganzira bw’umuntu bwo kwihitiramo icyo yambara […]
Umuraperi w’Umunya-Nigeria akaba n’Umwongereza, Dave, yatunguye abafana ubwo yakiraga umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Tems, ku rubyiniro mu iserukiramuco rya Leeds Festival, ryabaye ku wa 30 Kanama 2026. […]
Lionel Messi, umwe mu bakinnyi bakomeye kurusha abandi mu mateka y’umupira w’amaguru, yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’igihugu ya Argentine nyuma y’imyaka 20 ayikinira Uyu […]
Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]
Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]
Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]
Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS