“Ubucuti buramba bushingira ku Mana” – Papa Leo XIV abwira urubyiruko
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 2 Kamena 2025, Papa Leo XIV yayoboye igitaramo cy’isengesho cyahuriyemo urubyiruko rugera kuri miliyoni, rwari rwaturutse hirya […]
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 2 Kamena 2025, Papa Leo XIV yayoboye igitaramo cy’isengesho cyahuriyemo urubyiruko rugera kuri miliyoni, rwari rwaturutse hirya […]
Ubuyobozi bw’ishuri rya C.L. Gashonga TSS riherereye mu murenge wa Rwimbogo mukarere ka Rusizi uherutse kwandikira umukozi ushinzwe imyitwarire y’abahungu amugaya mu magambo akakaye yasabye […]
Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]
Nitwa Sylvie Mutoni, nkaba niga mu mwaka wa mbere w’Ishami ry’Itangazamakuru mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK). Ubwo nari mvuye ku ishuri nerekeza aho […]
Mu mwaka wa 1999, uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, BlackBerry, rwashyize ahagaragara igikoresho cyari gifite bimwe mu bigize ubushobozi bwa telefoni zigezweho muri iki gihe. Muri […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yavuze ko hari ababyeyi bagitekereza ko abana barangije amashuri abanza baba barangije kwiga. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi ushinzwe politiki n’igenamigambi muri iyi Minisiteri, […]
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Muhanga barasaba ko amariba yifashishwa mu kunganira amazi y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) avugururwa. Ni nyuma […]
Ku mugoroba ubabaje w’ukwezi kwa 03 umwana w’umukobwa ufite imyaka 13 y’amavuko twahisemo kwita Mukamana yavuye ku isoko rya Nyabagendwa mu Murenge wa Rilima ya […]
Mu ntangiriro z’uku kwezi, Ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali RALGA ryateraniye mu nteko rusange yaryo ya 29 ritora abayobozi baburaga mu kuzuza inzego zagenwe, ariko […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS