Menya Max Robert Dowman, umukinnyi muto muri Premier League 2025-2026
Max Robert Dowman ni umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umwongereza, wavutse ku itariki ya 31 Ukuboza 2009 i Chelmsford, Essex. Akina ku ruhande rw’iburyo (right winger) cyangwa […]
Max Robert Dowman ni umukinnyi w’umupira w’amaguru w’umwongereza, wavutse ku itariki ya 31 Ukuboza 2009 i Chelmsford, Essex. Akina ku ruhande rw’iburyo (right winger) cyangwa […]
Abanyeshuri biga mu ishuri ryisumbuye rya Mbogo riherereye mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye, baravuga ko babangamirwa cyane n’uburyo iki kigo cyubatsemo kuko […]
Ku itariki ya 14 Ukwakira 2016, Zipline, sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’indege zitagira abapilote mu gukemura ibibazo by’ubwikorezi […]
Nyuma y’iminsi y’akazi katoroshye karanze icyumweru, twabateguriye urutonde rw’indirimbo icumi zigezweho zagufasha kuruhuka no kurushaho kuryoherwa n’impera z’icyumweru. Izi ndirimbo ni iz’abahanzi Nyarwanda bamaze kubaka […]
Buri uko umwaka w’amashuri ugiye gutangira, mu gihugu hose humvikana impungenge z’ababyeyi n’abanyeshuri. Ababyeyi benshi bibaza aho amafaranga y’ishuri azava, abandi bakibaza uko bazabona ibikoresho […]
Abahanzi b’ibyamamare Zuchu na Eddy Kenzo bageze i Nairobi muri Kenya aho bitegura igitaramo gitegerejwe ku wa gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, nyuma y’umukino […]
Abaturage bo mu karere ka Muhanga, by’umwihariko abakoresha umuhanda Ruli-Gahogo uhuza Umurenge wa Shyogwe n’uwa Nyamabuye baravuga ko bafite ikibazo cy’umutekano muke, kuko hari abagizi […]
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru bwatangaje ko imyiteguro y’umunsi wo kwita izina abana b’ingagi uteganijwe tariki ya 5 Nzeri 2025 igeze ahashimishije, nk’uko byagarutsweho na Guverineri w’iyi […]
Umuhanzikazi w’Umunyamerika ukunzwe cyane ku Isi, Taylor Swift, yambitswe impeta n’umukunzi we Travis Kelce, umukinnyi wa NFL ukinira Kansas City Chiefs, mu gihe hari hashize […]
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26 Kanama 2025, umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Cindy Sanyu yatangaje ko ari we wahaye imbaraga abahanzi benshi b’abagore bari mu ruganda […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS