• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by AYERA Belyne

Kenya: Polisi yasanze ibice by’imibiri y’abagore ahamenwa imyanda

July 14, 2024 AYERA Belyne 0

Nyuma y’uko ku wa Gatanu habonetse imibiri y’abagore batandatu yaciwemo ibice, ku wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, polisi yongeye kubona indi mifuka itanu irimo […]

Uburusiya: Perezida yasinye itegeko rishya ryo kuzamura umusoro ku nyungu

July 13, 2024 AYERA Belyne 0

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, ku wa 13 Nyakanga 2024 yashyize umukono ku mushinga ushyiraho itegeko ryo kuzamura imisoro ungana na miliyari zirenga 30$, ugamije […]

Bashobora kwibuza amahirwe: Bimwe mu biranga abantu batagize ibihe byiza mu bwana

July 11, 2024 AYERA Belyne 0

Ibihe umuntu yabayemo akiri umwana ni kimwe mu bishobora kugira ingaruka nziza cyangwa mbi ku buzima bwe iyo akuze. Nkuko bigaragazwa n’impuguke mu mitekerereze, gukurana […]

Amatora2024: Umusanzu w’urubyiruko rw’abakorerabushake mu bikorwa bijyanye n’amatora

July 10, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]

Vatikani yaciye Arkiyepiskopi Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Amerika

July 5, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nyakanga 2024, Leta ya Vatikani yatangaje ko yaciye Arkiyepiskopi Carlo Maria Viganò wigeze kuba Intumwa ya Papa muri Leta […]

Kwibohora30: Urugendo rwo kongera kwiyubaka mu myaka 30 ishize

July 4, 2024 AYERA Belyne 0

Tariki 4 Nyakanya 1994 kugeza tariki 4 Nyakanga 2024, Imyaka 30 irashize u Rwanda rwibohoye nyuma y’uko Ingabo zari iza RPA zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi […]

RAB yatangije ku mugaragaro umushinga wo kwita ku bworozi bw’inka

June 1, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2024, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB) ku bufatanye n’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubushakashatsi (ILRI), cyamuritse ku mugaragaro umushinga wo gufasha […]

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatanze amahirwe yo kumenyekanisha imisoro nta mande

May 29, 2024 AYERA Belyne 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA) cyashyizeho uburyo bwo kumenyekanisha imisoro nta mande atanzwe ku bataramenyekanishije imisoro yabo mu myaka yabanjirije 2022.   Iyi gahunda […]

Inzira y’inzitane ku muryango wa Ngulinzira, Umunyapolitiki wazize kurwanya Jenoside

April 13, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gikorwa cyo gusoza Icyumweru cy’Icyunamo no Kwibuka abanyapolitiki bishwe bazize kurwanya ivanguramoko na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abana b’umunyapolitiki Ngulinzira bagaragaje inzira y’inzitane […]

Gisozi, Murambi, Nyamata na Bisesero: Ibyo wamenya kuri izi nzibutso ziri mu murage w’Isi wa UNESCO

April 9, 2024 AYERA Belyne 0

Kuva ku Cyumweru tariki ya 7 Mata 2024, u Rwanda ruri mu cyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi […]

Posts pagination

« 1 … 3 4 5 »

AMAKURU MASHYA

  • ICK students begin five-month academic exchange in the Netherlands

    Three students from the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) have begun their studies at Ede Christian University of Applied Sciences (CHE) in the Netherlands under […]

  • Abanyeshuri batatu ba ICK bari kwiga muri CHE yo mu Buholandi

    Abanyeshuri batatu b’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), batangiye kwiga muri Ede Christian University of Applied Sciences (CHE), kaminuza yo mu Buholandi, aho bagiye gukomereza […]

  • Zambia: Perezida Hichilema yarahiriye manda ya kabiri

    Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yarahiriye kuyobora iki igihugu muri manda ya kabiri, asaba Abanyazambiya kugabanya amakimbirane ya politiki no kwirinda ko itandukaniro rya politiki […]

  • Umukobwa wa Brigitte Macron ari mu rukundo n’umusore arusha imyaka 20

    Tiphaine Auzière, umukobwa w’umuhererezi wa Brigitte Macron, yashyize ku mugaragaro umubano we na Antoine Lecomte, umusore w’imyaka 22, mu gihe we afite 42. Aba bombi […]

  • Umuntu wa mbere yahamijwe uruhare mu rupfu rwa Tupac nyuma y’imyaka 30 yishwe

    Duane “Keffe D” Davis, wahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, yahamwe n’icyaha cyo gutegura no gutegeka iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur. Ni ubwa mbere […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS