Afurika ntikwiye gukomeza kuba indorerezi mu iterambere ry’ikoranabuhanga rya AI – Perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu bafite ubumenyi n’ubushobozi bwo kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), ariko ko hakenewe guhindura […]
