Ghana yemeye kwakira Abanyafurika birukanwe muri Amerika
Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yatangaje ko igihugu ayoboye cyemeye kwakira abaturage bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]
Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yatangaje ko igihugu ayoboye cyemeye kwakira abaturage bo mu Burengerazuba bwa Afurika birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]
Abahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo ndetse na Uwayezu Arielle ukoresha amazina ya Ariel Wayz mu muziki, bafunze bakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge. Aya makuru yemejwe […]
Perezida Donald Trump yategetse ko amabendera yose ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yururutswa akagezwa muri kimwe cya Kabiri mu rwego rwo kunamira Charlie Kirk […]
Mu ijoro ryo kuwa gatatu, nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rwa Charlie Kirk wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze ndetse by’umwihariko akaba yari […]
The Rwanda Social Security Board (RSSB) has announced that it is conducting a study to introduce a new option for Community-Based Health Insurance (CBHI/Mutuelle de […]
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda NISR cyatangaje ko igipimo cy’ibiciro ku masoko (CPI) ari nacyo gipimo cy’ingenzi gikoreshwa mu kugenzura izamuka ry’ibiciro (inflation), cyagabanutseho […]
Mu kiganiro yagiranye Ringstone Africa Magazine umuririmbyi w’umunyamerika Ciara yagaragaje ishimwe rikomeye kuri Diamond Platnumz, nyuma yo gukorana nawe indirimbo ‘Low’, iri kuri album ye […]
Abashinwa barindwi binjije Abanyamalawi mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri Afurika y’Epfo bakabakoresha imirimo y’agahato, bakatiwe buri wese igifungo cy’imyaka 20. Aba bagabo bane n’abagore batatu […]
Ku wa 9 Nzeri 2025 ubwo hasozwaga,imurikagurisha rya 14 ry’Intara y’Iburasirazuba (Expo 2025), Guverineri Rubingisa Pudence yasabye abikorera gushyira imbaraga mu kongerera agaciro ibikorerwa mu […]
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko abana 1,587 muri 6,314 bari barataye ishuri ubu barisubijwemo kandi biga neza. Muri abo harimo 21 bo mu murenge […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS