• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: August 2025

Ruhango: Batandatu bakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

None tariki ya 20 Kanama, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko, ku bufatanye n’abaturage, yafashe abasore 6 bakekwaho guhungabanya umutekano w’abaturage bakora ibikorwa […]

Ubushakashatsi: Abarwayi ba diyabete muri Afurika bashobora kugera kuri miliyoni 100 mu 2045

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abashakashatsi baravuga ko indwara ya diyabete yo mu bwoko bwa kabiri ishobora kuzagira ingaruka ku bantu benshi kurushaho mu myaka iri imbere, nyuma y’uko ubushakashatsi […]

Uganda na Honduras bigeye kwakira abimukira baturutse muri Amerika

August 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amerika yemeranyije n’ibihugu bya Uganda na Honduras amasezerano yo koherezayo abimukira baba muri icyo gihugu cyo ku mugabane wa Amerika ya ruguru mu buryo bunyuranyije […]

Abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye batsinze ku kigero cya 64.35%

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu Kabiri, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye 2024-2025, aho mu bagera ku 148,677 bakoze […]

75.64% byabakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baratsinze

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari 166,334 bangana na 75.64%, mu gihe hari […]

Rwandans Still Struggle to Get Visas

August 19, 2025 Muhire Obed 0

For many Rwandans, the dream of studying, working, or even visiting family abroad still collapses at one crucial stage: the visa application. Even as more […]

Washington: Iby’ingenzi byaranze ibiganiro byo gushakira amahoro Ukraine

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]

Street Children Return in Greater Numbers to Muhanga City

August 18, 2025 ICK News 0

Street children, locally known as Mayibobo, have long been a concern in Muhanga District. According to observations from shopkeepers, residents, and passersby, their numbers in […]

Afurika y’Epfo yamaganye Raporo ya Amerika ku burenganzira bwa muntu

August 18, 2025 ICK News 0

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo (DIRCO) yamaganye bikomeye raporo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku burenganzira bwa muntu, iyishinja kuyisebya no kwangiza isura […]

Abanyafurika y’Epfo bazimurirwa muri Amerika biyongereye

August 17, 2025 ICK News 0

Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

    ‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

  • U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

    U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

  • Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

    Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

  • Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

  • Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

    Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS