• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: August 2025

Ruhango: Batandatu bakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

None tariki ya 20 Kanama, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko, ku bufatanye n’abaturage, yafashe abasore 6 bakekwaho guhungabanya umutekano w’abaturage bakora ibikorwa […]

Ubushakashatsi: Abarwayi ba diyabete muri Afurika bashobora kugera kuri miliyoni 100 mu 2045

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abashakashatsi baravuga ko indwara ya diyabete yo mu bwoko bwa kabiri ishobora kuzagira ingaruka ku bantu benshi kurushaho mu myaka iri imbere, nyuma y’uko ubushakashatsi […]

Uganda na Honduras bigeye kwakira abimukira baturutse muri Amerika

August 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amerika yemeranyije n’ibihugu bya Uganda na Honduras amasezerano yo koherezayo abimukira baba muri icyo gihugu cyo ku mugabane wa Amerika ya ruguru mu buryo bunyuranyije […]

Abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye batsinze ku kigero cya 64.35%

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu Kabiri, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye 2024-2025, aho mu bagera ku 148,677 bakoze […]

75.64% byabakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baratsinze

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari 166,334 bangana na 75.64%, mu gihe hari […]

Rwandans Still Struggle to Get Visas

August 19, 2025 Muhire Obed 0

For many Rwandans, the dream of studying, working, or even visiting family abroad still collapses at one crucial stage: the visa application. Even as more […]

Washington: Iby’ingenzi byaranze ibiganiro byo gushakira amahoro Ukraine

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]

Street Children Return in Greater Numbers to Muhanga City

August 18, 2025 ICK News 0

Street children, locally known as Mayibobo, have long been a concern in Muhanga District. According to observations from shopkeepers, residents, and passersby, their numbers in […]

Afurika y’Epfo yamaganye Raporo ya Amerika ku burenganzira bwa muntu

August 18, 2025 ICK News 0

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo (DIRCO) yamaganye bikomeye raporo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku burenganzira bwa muntu, iyishinja kuyisebya no kwangiza isura […]

Abanyafurika y’Epfo bazimurirwa muri Amerika biyongereye

August 17, 2025 ICK News 0

Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS