• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: August 2025

Ruhango: Batandatu bakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

None tariki ya 20 Kanama, Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yatangaje ko, ku bufatanye n’abaturage, yafashe abasore 6 bakekwaho guhungabanya umutekano w’abaturage bakora ibikorwa […]

Ubushakashatsi: Abarwayi ba diyabete muri Afurika bashobora kugera kuri miliyoni 100 mu 2045

August 20, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abashakashatsi baravuga ko indwara ya diyabete yo mu bwoko bwa kabiri ishobora kuzagira ingaruka ku bantu benshi kurushaho mu myaka iri imbere, nyuma y’uko ubushakashatsi […]

Uganda na Honduras bigeye kwakira abimukira baturutse muri Amerika

August 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amerika yemeranyije n’ibihugu bya Uganda na Honduras amasezerano yo koherezayo abimukira baba muri icyo gihugu cyo ku mugabane wa Amerika ya ruguru mu buryo bunyuranyije […]

Abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye batsinze ku kigero cya 64.35%

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku gicamunsi cyo kuri uyu Kabiri, Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yashyize ahagaragara amanota y’abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye 2024-2025, aho mu bagera ku 148,677 bakoze […]

75.64% byabakoze ibizamini bya Leta mu mashuri abanza baratsinze

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje kuri uyu wa Kabiri ko abanyeshuri batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ari 166,334 bangana na 75.64%, mu gihe hari […]

Rwandans Still Struggle to Get Visas

August 19, 2025 Muhire Obed 0

For many Rwandans, the dream of studying, working, or even visiting family abroad still collapses at one crucial stage: the visa application. Even as more […]

Washington: Iby’ingenzi byaranze ibiganiro byo gushakira amahoro Ukraine

August 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]

Street Children Return in Greater Numbers to Muhanga City

August 18, 2025 ICK News 0

Street children, locally known as Mayibobo, have long been a concern in Muhanga District. According to observations from shopkeepers, residents, and passersby, their numbers in […]

Afurika y’Epfo yamaganye Raporo ya Amerika ku burenganzira bwa muntu

August 18, 2025 ICK News 0

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo (DIRCO) yamaganye bikomeye raporo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku burenganzira bwa muntu, iyishinja kuyisebya no kwangiza isura […]

Abanyafurika y’Epfo bazimurirwa muri Amerika biyongereye

August 17, 2025 ICK News 0

Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS