• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: July 2025

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye mu mukino wa Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114

July 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye cyane mu mikino yo gusiganwa ku maguru izwi nka Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114, nk’uko Polisi yo mu Buhinde yabitangaje.Amakuru […]

Indirimbo za Beyoncé zitarasohoka zibwe

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Altanta muri Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko indirimbo za Beyoncé zitarashyirwa ahagaragara ziri mu bintu byinshi byibiwe […]

RIB yatangaje ko ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byazamutseho 8.4% ugereranyije na 2024

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ibyaha nibura 253 by’ingengabitecyerezo ya Jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo  bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ abantu barenga 296, byakozwe […]

Kiliziya y’u Rwanda irashima uruhare rwa Leta mu myiteguro ya SECAM 2025

July 15, 2025 NDAHAYO Elias 0

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]

Hashyizweho amabwiriza mashya ku micungire y’inzu za Leta

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa 30 Kamena 2025, Leta y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ishyirwaho ry’amabwiriza mashya ajyanye no gutuza abaturage. Aya mabwiriza agamije gukemura […]

Perezida Ramaphosa Yahagaritse by’Agateganyo Minisitiri w’Umutekano

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Umutekano, Senzo Mchunu, kubera ibirego akurikiranyweho bimushinja kugira aho ahurira n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Mu ijambo […]

Cameroun: Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yavuze ko aziyamamariza indi manda

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’igihugu ukuze kurusha abanda ku Isi, Paul Biya w’imyaka 92, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya Cameroun azaba mu Ukwakira k’uyu mwaka. […]

Muhammadu Buhari wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Muhammadu Buhari,  wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]

Siriya: 30 bapfuye abandi 100 barakomereka mu mirwano yashyamiranyije amoko

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu 30 bamaze gupfira mu mujyi wa Sweida muri Siriya, mu mirwano yabaye hagati y’amatsinda yo mu idini rya ‘Druz’ na bo mu moko […]

Abepiskopi barenga 250 bagiye guhurira mu Rwanda

July 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuva tariki 31 Nyakanga 2025 kugera tariki 03 Kanama 2025, Abepiskopi 280 baturutse hirya no hino muri Afurika na Madagascar bazateranira mu Rwanda, mu nteko […]

Posts pagination

« 1 … 6 7 8 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Perezida Kagame na Samia Suluhu bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye mu by’ingufu

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu mugoroba tariki 19 Gicurasi 2026, yakiriye Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, […]

  • Kenya: Abantu bane baguye mu myigaragambyo i Nairobi

    Abantu bane bamaze kwitaba Imana mu gihe abandi barenga 30 bakomerekeye mu myigaragambyo yabereye muri Kenya yamaganaga izamuka rikabije ry’ibiciro bya lisansi, ryatewe n’izamuka ry’ibiciro […]

  • Kenya: Imyigaragambyo yamagana izamuka rya lisansi yahagaritse ibikorwa byinshi i Nairobi.

    Umujyi wa Nairobi muri Kenya uri mu gihirahiro kuri uyu wa Mbere tariki 18 Gicurasi 2026, nyuma y’imyigaragambyo yamaganaga izamuka ry’ibiciro bya lisansi, ibintu byahungabanije […]

  • Abanyeshuri ba ICK basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Murambi, bahakura umukoro wo guhangana n’abayipfobya

    Abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), bibumbiye mu Muryango IBUKA, barikumwe n’abandi bagize umuryango w’abanyeshuri bahagarariye abandi (AGE-ICK), basuyeUrwibutso rwa Jenoside yakorewe […]

  • Urubyiruko rwa ICK na HAIP rwakanguriwe guharanira kwibohora kwa Afurika

    Mu rwego rwo kwitegura Umunsi wo Kwibohora kwa Afurika wizihizwa buri mwaka ku wa 25 Gicurasi, umuryango wa Panafrican Movement (PAM) ishami rya Muhanga wakoze […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS