• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: January 2025

Amerika: Indege ebyiri zagonganiye mu kirere

January 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indege itwara abagenzi yarimo abantu 64 barimo abagenzi n’abakozi bayo yaguye mu ruzi rwa Potomac i Washington DC nyuma yo kugonganira mu kirere na kajugujugu […]

Nyagatare: Barasaba BDF koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo

January 29, 2025 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Nyagatare barasaba Ikigega Gitera Inkunga Imishinga y’Iterambere (BDF) koroshya uburyo bwo kubona inguzanyo hakurwaho amananiza akiri mu binyanye no kubona […]

Amerika ihangayikishijwe na ‘DeepSeek’ y’u Bushinwa

January 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]

Nyagatare: Indege zitagira abapilote zigiye gutwara imiti ku mavuriro y’ibanze

January 29, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gutanga imiti (RMS) buherutse gutangaza  ko bitarenze ukwezi kwa Gashyantare 2025, izatangiza gahunda yo gukwirakwiza imiti hifashishijwe ikoranabuhanga ry’indege zitagira Abapilote […]

Amateka yisubiyemo: APR FC na Police FC zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari

January 29, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) ndetse n’ikipe y’Igipolisi cy’ u Rwanda (Police FC) zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari zisezereye ikipe […]

Gatsibo: Haravugwa amarerero adafite ubwiherero bworohereza abana bafite ubumuga

January 28, 2025 Ishimwe Honore 0

Amwe mu marerero yo mu rugo azwi nka ‘Home based ECD’ yo mu karere ka Gatsibo mu ntara y’iburasirazuba, aravugwaho kutagira ubwiherero bufasha abana bafite […]

ICK: Habereye igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa abarwayi

January 27, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]

Abakekwaho iterabwoba 37 bafatiwe muri Afurika y’Iburasirazuba-Interpol

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, Police mpuzamahanga ya Interpol yatangaje ko abantu 37 bakekwaho iterabwoba, barimo abakekwaho kuba muri leta ya […]

Pope Francis urged journalists to share news that brings hope to people

January 27, 2025 Kwihangana Joshua 0

From January 24 to January 29, 2025, members of the Catholic Journalists’ Association (SIGNIS) from around the world gathered in Rome, Vatican City. Some of […]

Nigeria: Intagondwa za Boko Haram zishe abasirikare 20

January 27, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, abashinzwe umutekano ndetse’abaturage bavuga ko abakekwaho kuba abarwanyi b’intagondwa za kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 bo muri Nigeria, […]

Posts pagination

« 1 2 3 … 15 »

AMAKURU MASHYA

  • Shema Fabrice yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

    Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe akurikiranweho gutanga sheki ebyiri zitazigamiye zifite agaciro k’ibihumbi […]

  • Amavubi U20 azakina CECAFA Qualifiers za AFCON

    Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 izitabira imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 muri Zone ya CECAFA. Ibi bije nyuma […]

  • Muhanga: Abaturage barishimira gahunda y’igitondo cy’isuku mu isoko rya Muhanga

    Bamwe mu baturage baturiye isoko rigezweho rya Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye, barishimira gahunda y’ikorwa ry’isuku muri iryo soko, byongereye ubuziranenge bw’ibicuruzwa bitandukanye byiganjemo […]

  • Ariana Grande yasoje urugendo rw’ibitaramo rwa ‘Eternal Sunshine Tour’

    Umuhanzikazi w’Umunyamerika Ariana Grande yasobanuye ko urugendo rwe rw’ibitaramo rwa “Eternal Sunshine Tour” rwabaye kimwe mu bihe byiza, byihariye kandi bitazibagirana mu buzima bwe. Ariana […]

  • Minisitiri Ndabamenye yavuze ko imiyoborere myiza ari inkingi y’ingenzi mu guhindura imikorere y’urwego rw’ibiribwa muri Afurika

    Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yavuze ko Afurika ifite amahirwe yo kubaka urwego rw’ibiribwa rutuma nta mwana usonza, abahinzi bakabona inyungu zibahesha imibereho myiza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS