• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: July 2024

Inyungu iva mu nama n’imikino mpuzamahanga ku rubyiruko

July 23, 2024 Muhire Obed 0

U Rwanda ni kimwe mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika byahisemo gushora imari mu bikorwaremezo nk’amahoteli, inyubako zakira inama, ibibuga [….] hagamijwe kongera umubare […]

Icyo Itegeko Nshinga riteganya igihe Perezida uriho ahatanira kwiyamamariza indi manda

July 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu gihe u Rwanda ruvuye mu gihe cy’amatora ndetse bikaba byamaze kwemezwa mu buryo bwa burundu ko Paul Kagame ariwe wongeye gutsindira umwanya w’Umukuru w’Igihugu, […]

CECAFA2024: APR FC yatsindiwe ku mukino wa nyuma

July 22, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yatsinzwe na Red Arrows yo muri Zambia penaliti 10-9 ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Dar Port […]

Abakiri bato bitabiriye isiganwa rya ‘Youth Racing Cup’ mu magare

July 22, 2024 Darius Shumbusho 0

Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Nyakanga, muri parikingi ya Sitade yitiriwe Pele i Nyamirambo habereye isiganwa ngarukakwezi ryo gusiganirwa ku magare mu bakiri bato […]

Perezida Biden yahisemo kutongera guhatanira kuyobora Amerika

July 21, 2024 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe […]

Ikoranabuhanga mu MIRENGE SACCO: Amahirwe ku bagana serivisi z’imari

July 21, 2024 NSENGUMUKIZA Emmanuel 0

Abagana ibigo by’imari biciriritse hirya no hino mu Rwanda barishimira ko batagikora urugendo rurerure berekeza aho ibyo bigo bikorera kubera ko hongewemo ikoranabuhanga ribafasha kubona […]

Kigali: Barasaba ikorwa ry’umuhanda Nyabugogo -Nyabyondo

July 20, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Abakoresha umuhanda Nyabugogo-Nyabyondo barasaba ko wakorwa kugira ngo batandukane n’ivumbi mu gihe cy’izuba n’icyondo mu gihe cy’imvura. Ikindi abakoresha uyu muhanda bagaragaza nk’imbogamizi ni umwijima […]

Kirehe: Ingo zirenga 1000 zahawe gaze

July 20, 2024 Habiyaremye Japhet 0

Kuri uyu 19 Nyakanga 2024 abaturage barenga 1000 bo mu Karere ka Kirehe bahawe amashyiga yo gutekeraho hakoreshejwe Gaze binyuze muri gahunda ya Leta izwi […]

19 Nyakanga 1994: Menya abari bagize guverinoma yashyizweho nyuma ya Jenoside

July 19, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’ihagarikwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hafashwe umwanzuro wo gushyiraho ubuyobozi bushya bushingiye ku gusubiza Abanyarwanda umutekano no guhumuriza imitima ya benshi yari […]

How to Protect Your Eyes for the Long Term-‘20-20-20 Rule Can Help’

July 18, 2024 Philos Muhire 0

In a busy world where people are required to stay focused on various tasks to ensure their work goes well, some might wonder, “What can […]

Posts pagination

« 1 2 3 4 … 9 »

AMAKURU MASHYA

  • ICK students begin five-month academic exchange in the Netherlands

    Three students from the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) have begun their studies at Ede Christian University of Applied Sciences (CHE) in the Netherlands under […]

  • Abanyeshuri batatu ba ICK bari kwiga muri CHE yo mu Buholandi

    Abanyeshuri batatu b’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK), batangiye kwiga muri Ede Christian University of Applied Sciences (CHE), kaminuza yo mu Buholandi, aho bagiye gukomereza […]

  • Zambia: Perezida Hichilema yarahiriye manda ya kabiri

    Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yarahiriye kuyobora iki igihugu muri manda ya kabiri, asaba Abanyazambiya kugabanya amakimbirane ya politiki no kwirinda ko itandukaniro rya politiki […]

  • Umukobwa wa Brigitte Macron ari mu rukundo n’umusore arusha imyaka 20

    Tiphaine Auzière, umukobwa w’umuhererezi wa Brigitte Macron, yashyize ku mugaragaro umubano we na Antoine Lecomte, umusore w’imyaka 22, mu gihe we afite 42. Aba bombi […]

  • Umuntu wa mbere yahamijwe uruhare mu rupfu rwa Tupac nyuma y’imyaka 30 yishwe

    Duane “Keffe D” Davis, wahoze ari umuyobozi w’agatsiko k’abagizi ba nabi, yahamwe n’icyaha cyo gutegura no gutegeka iyicwa ry’umuraperi w’icyamamare Tupac Shakur. Ni ubwa mbere […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS