• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ahazaza Independent School irishimira umusaruro wayo muri 2024-2025

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Karere ka Muhanga ririshimira umusaruro waryo mu mwaka w’amashuri 2024-2025, by’umwihariko muri Progaramu mpuzamahanga ya Cambridge. Ibirori byo kwishimira […]

Umukinnyi wa Liverpool, Diogo Jota yapfiriye mu mpanuka y’imodoka

July 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool, Umunya-Portugal Diogo Jota, yapfiriye mu mpanuka y’imodoka yabereye muri Espagne mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane. Nk’uko Polisi yo muri […]

Baltasar yakatiwe gufungwa imyaka 18

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Urukiko rwa Guinée Équatoriale rwakatiye Baltasar Egonga igifungo cy’imyaka 18 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta angana na miliyari imwe y’ama-Francs CFA, […]

Indonesia: Impanuka y’ubwato yahitanye bane, benshi baburirwa irengero

July 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinzwe ubutabazi muri Indonesia batangaje ko nibura abantu bane bamaze gupfa naho abandi benshi bakaburirwa irengero mu mpanuka y’ubwato bwarohamye hafi y’ikirwa cya Bali gikunze […]

Kabgayi: Abavura indwara z’amaso bungutse ubumenyi bwo kuvura ‘Glaucoma’

July 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025, abavura indwara z’amaso bongerewe ubumenyi mu gusuzuma no kuvura neza indwara ya ‘Glaucoma’ iterwa n’umuvuduko w’amazi […]

01 Nyakanga 1962: Bamwe mu Banyarwanda bavuga ko batabonye icyo bashakaga by’ukuri

July 1, 2025 ICK News 0

Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]

Trump na Musk bongeye gushyamirana

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Amahoro akomeje kuba iyanga hagati y’Umunyapolitiki, Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump n’umuherwe wa mbere ku Elon Musk kuko bongeye gukozanyaho mu […]

Minisiteri y’Umutekano yashyize ahagaragara ibirebana n’itegeko rigenga imbunda zitica

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umutekano rusange imbere mu gihugu no kunoza imikoreshereze y’intwaro zidahitana ubuzima, Minisiteri y’Umutekano yashyize hanze amabwiriza mashya agenga itumizwa, igurishwa, […]

Togo: Barindwi bamaze kugwa mu myigaragambyo isaba perezida kwegura

June 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amatsinda aharanira uburenganzira bw’abaturage muri Togo avuga ko nibura abantu barindwi bishwe mu gihe inzego z’umutekano zatataanyaga abigaragambyaga basaba ko Perezida w’iki gihugu, Faure Gnassingbé, […]

WASAC irasabwa kuvugurura uburyo bwo kwishyura amazi

June 30, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]

Posts pagination

« 1 … 40 41 42 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS