• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Nyanza: Ibyo wamenya ku mujyi wa mbere ukuze mu Rwanda

September 2, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa mbere, tariki ya 2 Nzeri 2024, Mu karere ka Nyanza hatangiye icyumweru cy’imurikabikorwa ry’umuco n’amateka byaranze urugendo rw’imyaka 125 Nyanza imaze ishinzwe. […]

Muhanga : Umuyobozi w’Akarere yahumurije abahinzi b’umuceri muri Rugeramigozi

September 2, 2024 Muvunankiko Valens 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Madamu Kayitare Jacqueline yahumurije abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Rugeramigozi bakomeje kugaragaza impungenge ku mibereho yabo nyuma yo gusabwa guhinga ibishyimbo […]

Niyonkuru Samuel na Ineza Violette bongeye kwegukana ‘Umusambi Race’

September 2, 2024 Darius Shumbusho 0

Abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu gusiganwa ku magare Niyonkuru Samuel na Irakoze Ineza Violette bongeye kwegukana Irushanwa ‘Umusambi Race’ ku nshuro ya kabiri yikurikirana. […]

BetPawa Playoffs: Patriots na APR BBC zitwaye neza

September 2, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Kuri iki Cyumweru, tariki 1 Nzeri 2024 muri Petit Stade Remera, Patriots na APR BBC zongereye amahirwe yo gukina imikino ya nyuma ya kamarampaka nyuma […]

Gicumbi: Abasigajwe inyuma n’amateka barashima AIMPO ikomeje kubafasha kwiteza imbere

September 1, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Byumba mu Kagari ka Ngondore barashima umumaro w’Umuryango ushizwe kwita ku buzima bw’abasigajwe inyuma n’amateka […]

ICK irashimirwa uruhare igira mu iterambere rya Muhanga

September 1, 2024 Muvunankiko Valens 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko mu myaka 22 Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi rimaze, rikomeje gutanga umusanzu ufatika mu Iterambere ry’Akarere ka Muhanga. Ibi […]

Amagare: Irushanwa ry’ Umusambi Race ryagarutse ku nshuro ya kabiri

August 31, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri iki cyumweru tariki 01 Nzeri 2024, mu Karere ka Burera na Gicumbi hateganyijwe gutangira irushanwa ryo gusiganwa ku magare ryiswe ‘Umusambi gravel Race, rizakinwa […]

U Rwanda rwahinduye inoti ya 5000 Frw n’iya 2000 Frw

August 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nk’uko bigaragazwa n’Iteka Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29 Kanama 2024 ryasohotse mu Igazeti ya Leta kuri uyu wa Gatanu tariki ya […]

Menya ibiranga Gen.Z, Millennials na Gen. Alpha

August 30, 2024 Umutesi Aline 0

Muri Nyakanga 2024, Igihugu cya Kenya cyibasiwe n’imyigaragambyo y’abagize igisekuru cyiswe Generation Zoomer cyangwa Gen-Z aho bifuzaga impinduka mu miyoborere y’iki gihugu. Mu Rwanda buri […]

Imirimo yo kuvugurura Paruwasi St Andre Gitarama igeze kuri 80%

August 30, 2024 Kwihangana Joshua 0

Ubuyobozi bwa Paruwasi yisunze Mutagatifu Andereya ya Gitarama buratangaza ko imirimo yo kuvugurura Kiliziya y’iyi paruwasi igeze ku kigero cya 80%. Ibi byatangajwe na Padiri […]

Posts pagination

« 1 … 137 138 139 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS