• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Koreya y’Epfo: Leta yashyizeho miliyoni 327 z’amadolari yo gufasha abafite ikibazo cyo kwigunga

October 24, 2024 Kwihangana Joshua 0

Buri mwaka , ibihumbi by’Abanyakoreya y’Epfo cyane cyane abagabo bari mu kiciro cyo hagati mu bukungu  bapfa bucece ntawe bari kumwe, akenshi bifata iminsi kugira […]

Turikiya: 4 bamaze guhitanwa n’igitero cy’iterabwoba

October 23, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Abantu bane bishwe abandi 14 barakomereka mu gitero cy’iterabwoba cyagabwe ahakorera icyicaro gikuru cy’ikigo cya Turikiya gikora ibyubwirinzi bwo mu kirere, TUSAS hafi y’umurwa mukuru […]

Koreya ya Ruguru ntivuga rumwe na Amerika ku kohereza ingabo mu Burusiya

October 23, 2024 Umutesi Aline 0

Koreya ya Ruguru yahakanye amakuru avuga ko yohereje ingabo mu Burusiya kugira ngo zijye gutanga umusanzu mu ntambara Ukraine ihanganyemo n’Uburusiya. Guhakana aya makuru byatangajwe […]

Huye: Abaturage barataka ubujura

October 23, 2024 IGIRANEZA Rozine 0

Bamwe mu bakoresha umuhanda uva ku Mukoni werekeza kuri Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko ikibazo cy’ubujura gikomeje kwiyongera kuri uyu muhanda bitewe nuko ukikijwe n’ishyamba […]

Menya ibyaranze ubuzima bwa Perezida Kagame wujuje imyaka 67

October 23, 2024 Philbert Mbonigaba 0

None tariki ya 23 Ukwakira 2024 ni umunsi w’ingenzi kuri  Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wizihiza isabukuru y’imyaka 67. Isabukuru ya Perezida Kagame ibaye mu […]

2023-2024: Inyongera ya miliyoni 200$ ku byo NAEB yohereje mu mahanga

October 23, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga (NAEB) kiratangaza ko cyinjije arenga miliyoni 857 z’amadorali ya Amerika akomotse ku bihingwa ndetse n’ibikomoka ku matungo […]

Gicumbi:Abaforomo biteze umusaruro  ku bumenyi bahawe ku  ikoreshwa   ry’imashini  isuzuma ubuzima   bw’umwana uri munda 

October 23, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu baforomo ndetse n’abayobozi b’ibigo nderabuzima bikorana n’ibitaro bya Byumba, bavuga ko nyuma yo guhabwa ubumenyi ku mikoreshereze y’imashini isuzuma abana bari munda izwi […]

Afurika: Asima ikomeje kwiyongera mu rubyiruko

October 22, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza ya Queen Mary y’i Londres mu Bwongereza bwerekanye ko gukura kw’imijyi n’ubwiyongere bw’abaturage muri Afurika byongereye ikwirakwira ry’indwara ya Asima mu […]

Perezida Paul Biya yagarutse muri Cameroon nyuma y’ibihuha ku buzima bwe

October 22, 2024 Kwihangana Joshua 0

Perezida Paul Barthélemy Biya’a bi Mvondo w’Igihugu cya Cameroon yagarutse mu murwa mukuru Yaoundé, kuri uyu wa Mbere nyuma y’ibyumweru byinshi yari amaze hanze y’igihugu, […]

Ubuzima bw’umuhanda si amahitamo yacu-Abazunguzayi b’i Muhanga

October 22, 2024 Akimana Desange 0

Mu mujyi wa Muhanga, bamwe mubakora ubucuruzi butemewe bazwi nk’abazunguzayi barasaba ubuyobozi bw’akarere kubafasha bakava mu mihanda kuko ubuzima babayemo bubagora bikabije. Aba bacuruzi biganjemo […]

Posts pagination

« 1 … 119 120 121 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS