• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Umuco wo gusangira mu Banyarwanda ukomeje gukendera

August 7, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu Rwanda rwo hambere, gusangira byari igikorwa gishimangira ubumwe, urukundo n’ubwubahane mu muryango no mu baturanyi.Umuntu ntiyaryaga wenyine igihe hari abandi bamureba yaba ari mu […]

Nzeri 2025: Abana b’ingagi 40 bazitwa amazina

August 6, 2025 ICK News 0

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 5 Nzeri 2025, ku nshuro ya 20 abana b’ingagi 40 bazitwa amazina, mu muhango […]

Sudani yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu gushyigikira inyeshyamba za RSF

August 6, 2025 ICK News 0

Sudani yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) ko yohereje abacanshuro b’Abanya-Colombia kurwana ku ruhande rw’inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) zirwana n’ingabo za leta mu […]

Bizasaba agatubutse ku baturage ba Malawi na Zambia bifuza kwinjira muri Amerika

August 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abaturage ba Malawi na Zambia bifuza kwerekezayo kwishyura amadolari 15,000 arenga miliyoni 20 FRW kugira […]

U Buyapani: Hiroshima yibutse imyaka 80 ishize iteweho igisasu cya kirimbuzi

August 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]

Meya Rangira yabwiye abanya Kirehe ko bashonje bahishiwe

August 6, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe, buratangaza ko mu mwaka wa 2024–2025 hari byinshi bishimira birimo umusaruro abaturage bagezeho ku giti cyabo ndetse n’iterambere rusange ry’aka karere. […]

Abofisiye 2 ba RDF n’abasivile 20 bafunzwe by’agateganyo

August 5, 2025 ICK News 0

Mu itangazo ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwanyujije ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Kanama 2025 , bwatangaje ko Ubushinjacyaha bwa […]

Ubwongereza n’Ubufaransa bari muri gahunda yo kohererezanya abimukira

August 5, 2025 ICK News 0

Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko buzatangira gushyira mu bikorwa amasezerano yo kohereza bamwe mu bimukira binjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, bakoherezwa mu Bufaransa […]

U Rwanda rwemeje ko rugiye kwakira abimukira 250 baturutse muri Amerika

August 5, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rugiye kwakira abimukira 250 baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu buryo butubahirije amategeko, nyuma y’uko ibihugu byombi byemeranyije amasezerano yashyizweho umukono […]

“Mwirinde amacakubiri, musigasire ubumwe” Minisitiri Dr Jean Damascene Bizimana

August 5, 2025 Manishimwe Janvier 0

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 gukomeza umurage w’ubutwari n’ubumwe, bagaharanira ukuri gushingiye […]

Posts pagination

« 1 … 84 85 86 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS