• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Karidinali Kambanda ntashyigikiye ibyo kuboneza urubyaro kw’abana b’imyaka 15

August 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Karidinali Antoni Kambanda yagaragaje ko atemeranya n’abashyigikiye ko abana b’imyaka 15 bahabwa serivisi zo […]

Igitaramo ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ cyasigiye Abanyamuhanga ibyishimo bisendereye

August 10, 2025 ICK News 0

Igitaramo cya MTN Iwacu Muzika Festival 2025, cyagombaga kuzabera mu Karere ka Rusizi, bikarangira cyimuriwe i Muhanga, cyasigiye ibyishimo bisendereye abaturage bo muri aka Karere. […]

“APR FC izakuramo Pyramids”- Gen Mubarakh Muganga yahumurije abakunzi b’iyi kipe

August 9, 2025 ICK News 0

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’umuyobozi w’Ikirenga w’ikipe y’Ingabo z’igihugu cy’u Rwanda ( APR FC) ,Gen Mubarakh Muganga yagaragaje ko ikipe ya APR FC […]

Kirehe : Abaturage barashima umumaro w’amahugurwa y’isanamitima

August 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abaturage bo mu karere ka Kirehe, bibumbiye mu matsinda yiswe “Abubatsi b’amahoro” barimo ahanini abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abayikoze barangije ibihano bagasubira mu […]

Uzafasha Amerika gufata Perezida Maduro azahabwa Miliyoni 50 z’Amadolari

August 8, 2025 ICK News 0

Amerika yatangaje ko izatanga miliyoni 50 z’amadolari ku muntu wese uzayifasha gufata Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, ushinjwa kuba umwe mu banyabyaha bakomeye ku Isi […]

Sudani: Imibare y’abasivile bishwe muri Mata ishobora kurenga 1,500 – The Guardian

August 8, 2025 ICK News 0

Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Guardian ku gitero cyamaze amasaha 72 cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) kuri site ya Zamzam mu gihugu cya Sudani, […]

Imirimo yo kubaka inyubako nshya ya ICK igeze kuri 50%

August 8, 2025 IRAMBONA Papias 0

Ubuyobozi bw’Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) buratangaza ko imirimo yo kubaka inyubako nshya izajya yigirwamo n’abiga Ubuforomo n’Ububyaza igeze ku kigero cya 50%. Nk’uko […]

RIB yataye muri yombi Prof. Munyaneza Omar wayoboye WASAC

August 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku […]

Menya uko Ibizamini bya Leta bikosorwa

August 7, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri mu Rwanda (NESA) cyasobanuye uburyo bugezweho bwifashishwa mu gukosora ibizamini bya Leta hagamijwe kwimakaza umucyo, ubunyamwuga no […]

Ghana: Abaminisitiri babiri n’abandi bantu batandatu bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu

August 7, 2025 ICK News 0

Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama, Abaminisitiri babiri bo muri Ghana hamwe n’abandi bantu batandatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Iyi mpanuka yatewe […]

Posts pagination

« 1 … 83 84 85 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS