• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Trump azahura na Zelensky nyuma y’uko ibiganiro na Putin bitagize icyo bitanga

August 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky azajya i Washington DC ku wa Mbere guhura na Donald Trump, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Pakistan: Abarenga 300 bamaze guhitanwa n’umwuzure

August 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umubare w’abamaze guhitanwa n’imyuzure n’inkangu biterwa n’imvura ikabije imaze iminsi igwa muri Pakistan no muri Kashmir iyoborwa na Pakistan ukomeje kwiyongera cyane, aho abantu 307 […]

Paruwasi St. André Gitarama yahimbaje Yubile y’imyaka 50, inunguka abasaseredoti bashya

August 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu, Tariki ya 15 Kanama 2025, mu byishimo bigaragara ku maso y’imbaga y’Abakristu ba Paruwasi yisunze Mutagatifu Andereya Gitarama, bizihije Yubile y’imyaka […]

Urubyiruko rurasabwa kubyaza umusaruro amahirwe rufite

August 15, 2025 ICK News 0

Ku wa 14 Kanama, abanyeshuri b’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bifatanyije n’abo muri Kaminuza Gatolika y’u Rwanda (CUR) kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko. Ibi birori […]

Ikibuga cy’indege cya Khartoum kigiye kongera gufungura imiryango

August 15, 2025 Akimana Desange 0

bamwe mu bagize ubuyobozi bw’Inzibacyuho iyoboye Sudan basuye Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kugira ngo barebe aho imirimo yo kugisana igeze, nyuma y’imyaka irenga ibiri […]

Nyagatare: Hatashywe umuyoboro w’amazi ufite agaciro ka miliyoni 309 Frw

August 15, 2025 ICK News 0

Kuwa Kane, tariki ya 14 Kanama 2025, abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe ho mu Karere ka Nyagatare bashyikirijwe umuyoboro w’amazi ureshya n’ibilometero 24. Uyu […]

Itorero Indangamirwa 15: Risize Abadiaspora bazi kuvuga neza Ikinyarwanda

August 14, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urubyiruko rw’Abanyarwanda batuye mu mahanga barashimira Leta y’u Rwanda yagaruye Itorero, cyane cyane iry’Indangamirwa, kuko rihuriza hamwe abiga mu Rwanda n’abiga mu mahanga rikabafasha kongera […]

“Abasebya u Rwanda mubavuguruze” – Minisitiri w’Intebe asoza icyiciro cya 15 cy’Indagamirwa

August 14, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye urubyiruko rusoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, gukunda igihugu ndetse no kuguvuruza abagisebya bakivugaho amakuru atari impamo. Yabitangaje kuri […]

2024-2029: U Rwanda ruzubaka runasane imihanda ifite ibilometero 300

August 14, 2025 ICK News 0

Hashize igihe urwego rw’ubwikorezi mu Rwanda rugaragaza ko hari imbogamizi zikirubangamiye, birimo imihanda idahagije, serivisi zo gutwara abantu n’ibintu zitanoze, kugeza umusaruro ku masoko bigoranye […]

Kirehe: Gahunda ya “Shyashyanira Umuturage”, yitezweho gukemura ibibazo byabo

August 14, 2025 ICK News 0

Mu rwego rwo kurushaho gukemura ibibazo by’abaturage mu buryo bwihuse, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangije gahunda nshya yitwa “Shyashyanira Umuturage”, izamara hafi amezi abiri ikorerwa […]

Posts pagination

« 1 … 80 81 82 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS