• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Shampiyona y’Isi y’Amagere: Harry Hudson yegukanye itsinzi mu ngimbi

September 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu, Umwongereza Harry Hudson yegukanye umudali wa Zahabu nyuma yo gutsinda isiganwary’abahungu batarengeje imyaka 19 muri Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i […]

Trump avuga ko atazemerera Israel kwiyomekaho agace ka West Bank

September 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumw za Amerika Donald Trump, yavuze ko atazemera ko Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yigarurira agace ka West Bank akomekwa […]

Perezida Kagame asaba urubyiruko rwa Afurika kugira uruhare mu gushaka ibisubizo, aho gutinda mu kunenga

September 26, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’Afurika kugira uruhare rugaragara mu gukemura ibibazo byugarije umugabane, aho kuguma mu myumvire yo kunenga gusa. […]

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Gery Célia yegukanye isiganwa ry’abakobwa batarengeje imyaka 23

September 25, 2025 ICK News 0

Gery Célia wo mu Bufaransa yegukanye intsinzi muri ‘road race’ ya Shampiyona y’Isi y’amagare mu gice cy’abagore batarengeje imyaka 23 yari ikinwe ku nshuro ya […]

Gisagara: Abaturage barasaba isanwa ry’umuhanda Gatovu–Gikore wangiritse bikabije

September 25, 2025 ICK News 0

Bamwe mu baturage batuye mu mirenge ya Kigembe na Kansi yo mu Karere ka Gisagara, baratabaza basaba ko umuhanda Gatovu–Gikore uhuza iyo mirenge wasanwa, nyuma […]

Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu

September 25, 2025 ICK News 0

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy, yakatiwe igihano cyoo gupfungwa imyaka itanu nyuma yo guhamywa n’urukiko icyaha cyogucura umugambi w’ubuhemu mu rubanza rujanye no kwakira […]

Minisitiri Mukazayire yasangije urubyiruko ibanga ryabageza ku ntego zabo

September 25, 2025 ICK News 0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yabwiye abana n’urubyiruko ibintu bine bakwiye gukora kugira ngo bazabe indashyikirwa mu buzima bw’ahazaza birimo kwizera impano zibarimo no gukora […]

Perezida Kagame yanenze abibwira ko ibihugu bidakomeye bitakwakira ibikorwa bikomeye by’Isi

September 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, yanenze ibihugu bikomeye byumva ko ibihugu bitamenyerewe mu kwakira ibikorwa, bidashobora kwakira amarushanwa akomeye yo ku rwego rw’Isi, avuga ko […]

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Australia yegukanye umwanya wa mbere mu makipe

September 24, 2025 ICK News 0

Ikipe y’Igihugu ya Australia yatwaye Shampiyona y’Isi y’Amagare mu cyikiciro cy’amakipe “Team Time Trial Mixed Relay”, aho abagabo n’abagore bakinira hamwe, bose basiganwa n’igihe. Australia […]

ICK yakiriye abanyeshuri bashya, ibasaba kuzitwara neza mu rugendo rwo kwiga

September 24, 2025 Jean d'Amour ISHIMWE 0

Guhera ku wa 22 Nzeri 2025, Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) ryatangiye kwakira abanyeshuri biyandikishije mu mashami atandukanye, bazatangira amasomo muri uku kwezi kwa […]

Posts pagination

« 1 … 64 65 66 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS